Perezida Vladimir Putin yatangajeko ibihano igihugu cye gishobora gufatirwa kubera ikibazo cya Ukraine bifashwe na America ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ko ibyo bihano ntacyo bizatwara igihugu cy’uburusiya kuko ari ibintu bamenyereye kuva mu mwaka 2014 uburusiya bufata agace ka cremia

Perezida Vladimir Putin yatangajeko ibihano igihugu cye gishobora gufatirwa kubera ikibazo cya Ukraine bifashwe na America ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ko ibyo bihano ntacyo bizatwara igihugu cy’uburusiya kuko ari ibintu bamenyereye kuva mu mwaka 2014 uburusiya bufata agace ka cremia

Perezida Vladimir Putin w'igihugu cy'uburusiya aganira n'itangazamakuru , yavuzeko ibihano igihugu cye cy'uburusiya gishobora gufatirwa na America ndetse n'umuryango w'ubumwe bw'uburayi kubera ikibazo cya Ukraine ntacyo bizatwara igihugu cy'uburusiya kuko…
Ukraine yarashe bombe zigera kuri 4 ku nyeshyamba z’uburusiya , iz’inyeshyamba ziyomoye kuri leta ya Ukraine z’ishyikigikiwe n’uburusiya zashinjije igihugu cya Ukraine kuba cyazigabyeho igitero simusiga hakoreshejwe imbunda n’ibikoresho bya gisirikare biremereye

Ukraine yarashe bombe zigera kuri 4 ku nyeshyamba z’uburusiya , iz’inyeshyamba ziyomoye kuri leta ya Ukraine z’ishyikigikiwe n’uburusiya zashinjije igihugu cya Ukraine kuba cyazigabyeho igitero simusiga hakoreshejwe imbunda n’ibikoresho bya gisirikare biremereye

imitwe y'inyeshyamba ziyomoye kuri Ukraine ishyikigikiwe n'uburusiya , yavuzeko yagabweho Ibitero hakoreshejwe imbunda ziremereye cyane zo mu bwoko bwa motors ubundi zirasa imizinga y'ibisasu iz'inyeshyamba zavuzeko kandi zarashweho hakoreshejwe amaronca…
Ubushinwa bwatangajeko bushyigikiye igihugu cy’uburusiya ku kibazo cya Ukraine ko butishimiye imikorere y’umuryango wa OTAN wo gukomeza kwagura ibikorwa byaho kuko bibangamiye ubusugire bw’ibihugu nk’uburusiya n’ubushinwa

Ubushinwa bwatangajeko bushyigikiye igihugu cy’uburusiya ku kibazo cya Ukraine ko butishimiye imikorere y’umuryango wa OTAN wo gukomeza kwagura ibikorwa byaho kuko bibangamiye ubusugire bw’ibihugu nk’uburusiya n’ubushinwa

Igihugu cy'ubushinwa n'igihugu cy'uburusiya byasohoye itangazo rigaragaza ko hari amasezerano byagiranye ku ngingo zitandukanye harimo n'ingingo y'umutekano , ubushinwa n'uburusiya byavuzeko byifatanyije mu kwamagana umuryango wa OTAN mu kwagura ibikorwa…
“Inama nizanga hazakurikiraho intambara” Igihugu cy’uburusiya cya naniwe kumvikana n’uruhande rwa OTAN mu Inama yo guhosha umwuka mubi w’intambara uri gututumba hagati ya Ukraine n’uburusiya

“Inama nizanga hazakurikiraho intambara” Igihugu cy’uburusiya cya naniwe kumvikana n’uruhande rwa OTAN mu Inama yo guhosha umwuka mubi w’intambara uri gututumba hagati ya Ukraine n’uburusiya

Igihugu cy'uburusiya kiri gushijwako cyamaze gutangiza intambara muri Ukraine , leta zunze ubumwe za America zatangajeko ngo mu buryo bw'ibanga bukomeye igihugu cy'uburusiya cyohereje abatasi bacyo muri Ukraine mu gushaka…