Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Posts by Staff Writter

Home ยป Archives for Staff Writter
About Staff Writter
Ibigezweho mu ntambara ya Israel na Hamas: Israel irashinjwa kwica abasiviri basaga 70 barimo bahunga, 200 barakomereka
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Ibigezweho mu ntambara ya Israel na Hamas: Israel irashinjwa kwica abasiviri basaga 70 barimo bahunga, 200 barakomereka

Ubuyobozi bw'agace ka Gaza, bwatangaje ko misire z'igisirikare cya Israel zarashe ku basivire barimo bahungira mubice by'amajyepfo ya Gaza, aho abasaga 70 bishwe, 200 bagakomereka. Umuvugizi wa minisitiri y'ubutegetsi gice…
Posted by Staff Writter October 15, 2023
Dylan Mulvaney, umugabo wihinduje umugore yagizwe umugore w’umwaka mu bwongereza
Posted inAmakuru Ibyamamare Udushya

Dylan Mulvaney, umugabo wihinduje umugore yagizwe umugore w’umwaka mu bwongereza

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bacitse ururondogoro nyuma yuko umugabo wihinduje igitsina yegukanye igikombe cy'umugore w'umwaka gitangwa n'ikinyamakuru cyandikirwa mu bwongereza. Umunyamerika witwa Dylan Mulvaney wamamaye ku mbuga nkoranyambaga zirimo TikTok aho…
Posted by Staff Writter October 15, 2023
Itorero rya Anglican rikomeje gucikamo ibice kubera ubutinganyi
Posted inAmakuru Mu Rwanda

Itorero rya Anglican rikomeje gucikamo ibice kubera ubutinganyi

Umushumba w'itorero rya Anglican mu Rwanda ndetse akaba na visi-perezida w'inama y'itorero rya Anglican kw'Isi izwi nka GAFCON, Musenyeri Dr. Laurent Mbanda yikomye abakomeza gushyigikira ababana bahuje igitsina ndetse abasaba…
Posted by Staff Writter June 17, 2023
Ingabo za Koreya ya ruguru
Posted inAmakuru

Koreya ya ruguru irahamya ko ifite abasirikare 800,000 biteguye guhangana na Amerika

Koreya ya ruguru itangaza ko abaturage bayo barenga 800,000 bamaze kwiyandikisha mu ngabo z'iki gihugu mu rwego rwo guhangana na Leta zunze ubumwa za Amerika nkuko byatangajwe n'itangazamakuru ry'iki gihugu.…
Posted by Staff Writter March 18, 2023
Donald Trump wahoze ari perezida wa USA yakomorewe ku rubuga rwa Twitter nyuma y’iminsi mike atangaje ko aziyamamaza 2024
Posted inAmakuru

Donald Trump wahoze ari perezida wa USA yakomorewe ku rubuga rwa Twitter nyuma y’iminsi mike atangaje ko aziyamamaza 2024

Uwahoze ari perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yagaruwe ku rubuga rwa Twitter. Trump yakuwe kuri uru rubuga umwaka ushize ubwo amagambo ye yanditse kuri uru rubuga…
Posted by Staff Writter November 20, 2022
Koreya ya Ruguru – Mu kwibuka Intambara ya Koreya ku nshuro ya 72 Biyemeje kwihorera kuri Amerika kubera uruhare rukomeye yayigizemo
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Koreya ya Ruguru – Mu kwibuka Intambara ya Koreya ku nshuro ya 72 Biyemeje kwihorera kuri Amerika kubera uruhare rukomeye yayigizemo

Kuri uyu wa gatandatu muri Koreya y'amajyaruguru ubwo hizihizaga imyaka 72 intambara ya Koreya itangiye, leta y'iki gihugu yatangaje ko Koreya y'amajyepfo ifatanyije na Leta zunze ubumwe za Amerika bari…
Posted by Staff Writter June 26, 2022
Umuherwe Elon Musk ahanganye n’inama y’Ubuyobozi ya Twitter kubera imipango ye yo kuyigura ikaba umutungo we bwite
Posted inAmakuru Ikoranabuhanga Ubukungu

Umuherwe Elon Musk ahanganye n’inama y’Ubuyobozi ya Twitter kubera imipango ye yo kuyigura ikaba umutungo we bwite

Inama y'ubuyobozi muri Twitter yatangiye gushyiraho ingamba zo kunaniza Elon Musk mu ngamba ze zo kugura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter akarugira umutungo we bwite aho we avuga ko yifuza kurugira…
Posted by Staff Writter April 16, 2022
nyuma yo kubura intwaro ikomeye, Uburusiya bwateye ibisasu mu mijyi ya Kyiv na Lviv muri Ukraine
Posted inAmakuru Mu Mahanga

nyuma yo kubura intwaro ikomeye, Uburusiya bwateye ibisasu mu mijyi ya Kyiv na Lviv muri Ukraine

Indege z'intambara z'abarusiya zaturikije ibisasu mu mujyi wa Lviv ndetse na misire ziraswa mu murwa mukuru Kyiv kuri uyu wa gatandatu ndetse Leta y'Uburusiya yatangaje ko irakomeza gukora ibi bitero…
Posted by Staff Writter April 16, 2022
Mu Bushinwa Covid-19 iravuza ubuhuha: Guma murugo yakajijwe ndetse ubwandu butagaragaza ibimenyetso bwiyongereye cyane
Posted inAmakuru Covid-19 Mu Mahanga

Mu Bushinwa Covid-19 iravuza ubuhuha: Guma murugo yakajijwe ndetse ubwandu butagaragaza ibimenyetso bwiyongereye cyane

Kuva mu cyumweru gishize mu mujyi wa Shanghai hashizweho guma mu-rugo mu rwego rwo kugabanya ikwirakwizwa ry'ubwandu bwa Covid-19, ni nyuma yuko habonetse ubwandu bwinshi cyane butari bwarigeze bugaragara muri…
Posted by Staff Writter April 5, 2022
(Ukraine – Russia) Suede igiye kugarura ingabo zayo zarwanye intambara y’ubutita mu gufasha mu guhangana n’uburusiya
Posted inAmakuru Mu Mahanga

(Ukraine – Russia) Suede igiye kugarura ingabo zayo zarwanye intambara y’ubutita mu gufasha mu guhangana n’uburusiya

Igihugu cya Suede kigiye kugarura igisirikari cyayo cyayifashije mugihe k'intambara y'ubututa. Iki gisirikari cyarindaga ikirwa cya Gotland giherereye mu nyanja ya Baltic ho muri Suede. Izi ngabo zakuwe kuri iki…
Posted by Staff Writter April 4, 2022

Posts pagination

1 2 3 … 11 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top