Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Ibyamamare

Home » Imyidagaduro » Ibyamamare
Baba Xperience  : Abanyarwanda banyuzwe n’igitaramo cy’umuhanzi Platini P
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

Baba Xperience : Abanyarwanda banyuzwe n’igitaramo cy’umuhanzi Platini P

Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Baba cyangwa Platini P , mw'ijoro ryakeye yaraye akoze igitaramo cy'amateka nyuma y'uko amaze imyaka itatu mu muziki nyarwanda kuva yava mw'itsinda rya Dreams boyz…
Posted by ShowRwanda Writter March 31, 2024
Amakuru mashya : Apotre Yongwe , yakatwe igifungo cy’umwaka umwe usubitse n’izahabu y’amafaranga ibihumbu 750
Posted inBreaking News Ibyamamare Imyidagaduro

Amakuru mashya : Apotre Yongwe , yakatwe igifungo cy’umwaka umwe usubitse n’izahabu y’amafaranga ibihumbu 750

Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwakatiye , harelimana Joseph , wamenyekanye cyane nka Apotre Yongwe igifungo cy'umwaka umwe usubitse ndetse n'izahabu y'amafaranga ibihumbu 750frw , nyuma y'uko rumuhanije icyaha cyo kwihesha…
Posted by ShowRwanda Writter March 19, 2024
John Okafor wamenyekanye nka Mr Ibu muri sinema ya Nigeria , Nollywood , yitabye Imana
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

John Okafor wamenyekanye nka Mr Ibu muri sinema ya Nigeria , Nollywood , yitabye Imana

Umukinnyi wa filimi John Okafor wamenyekanye nka Mr Ibu muri sinema y'igihugu cya Nigeria , Nollywood , byatangajweko yitabye Imana ku myaka 62 y'amavuko , azize indwara y'umutima nyuma y'uko…
Posted by ShowRwanda Writter March 4, 2024
Umuhanzi Chris Eazy , Kevin Kade n’umuvangamiziki Dj Phil Peter bahuje imbaraga bakora indirimbo bise “Jugumila”
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

Umuhanzi Chris Eazy , Kevin Kade n’umuvangamiziki Dj Phil Peter bahuje imbaraga bakora indirimbo bise “Jugumila”

Umuhanzi Chris Eazy na Kevin Kade ndetse n'umuvangamiziki Dj Phil Peter , nyuma y'igihe kitari gito bateguje abakunzi b'umuziki n'abanyarwanda muri rusange indirimbo bise "Jugumila" , iy'indirimbo kuri ubu yamaze…
Posted by ShowRwanda Writter February 22, 2024
Africa y’epfo : Oscar Pistorius wamamaye mu mukino wo kwiruka yarekuwe nyuma y’imyaka 9 afunze
Posted inIbyamamare Imikino

Africa y’epfo : Oscar Pistorius wamamaye mu mukino wo kwiruka yarekuwe nyuma y’imyaka 9 afunze

Icyamamare , Oscar Pistorius , umunya-Africa y'epfo wamamaye mu mikino ngororamubiri y'abafite ubumuga (umukino wo kwiruka) yafunguwe by'agatenganyo nyuma y'imyaka 9 afunze , azira kwica umugore we Reeva Steenkamp ,…
Posted by ShowRwanda Writter January 5, 2024
Umuhanzi Yago yakoze igitaramo cyo kumurika Album ye ya mbere yise “Suwejo”
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

Umuhanzi Yago yakoze igitaramo cyo kumurika Album ye ya mbere yise “Suwejo”

Umuhanzi Nyarwanda wamenyekanye nka Yago pon dat , ku nshuro ye ya mbere yakoze igitaramo cyo kumurika Album ye ya mbere nyuma y'umwaka umwe gusa yinjiye mu gukora umuziki nkuwabigize…
Posted by ShowRwanda Writter December 24, 2023
The Ben na Pamella , basezeranye imbere y’Imana
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

The Ben na Pamella , basezeranye imbere y’Imana

Umuhanzi nyarwanda uri mu bakomeye ba mbere hano mu gihugu Mugisha Benjamin wamenyekanye nka The Ben ndetse n'umukunzi we bakundana Uwicyeza Pamella , nyuma y'igihe kinini bakundana kuri iyi nshuro…
Posted by ShowRwanda Writter December 24, 2023
Umubyinnyi Titi Brown yasubijwe imbere y’urukiko
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

Umubyinnyi Titi Brown yasubijwe imbere y’urukiko

Kuri uyu munsi , nibwo hamenyekanye amakuru y'uko umubyinnyi w'indirimbo zigezweho Titi Brown agiye kongera gusubira imbere y'urukiko nyuma y'uko ubushinjacyaha bujuririye umwanzuro w'urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwamugizemo umwere.…
Posted by ShowRwanda Writter December 13, 2023
Abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kugaruka ku nkuru ya Ramos na Shakira mu bihembo bya Latin Grammy Awards
Posted inIbyamamare Mu Mahanga

Abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kugaruka ku nkuru ya Ramos na Shakira mu bihembo bya Latin Grammy Awards

Abakunzi b'umupira w'amaguru kw'isi bakomeje kugaruka no kuvuga ku nkuru y'umukinnyi w'umupira w'amaguru Sergio Ramos ndetse n'umuhanzikazi Shakira , mu bihembo bya Latin Grammy Awards 2023 byabereye mu mujyi wa…
Posted by ShowRwanda Writter November 19, 2023
Minisitiri w’urubyiruko , Utumatwishima , yanyuzwe n’indirimbo “Bana” y’abahanzi Chris eazy na Shaffy
Posted inIbyamamare Imyidagaduro Mu Rwanda

Minisitiri w’urubyiruko , Utumatwishima , yanyuzwe n’indirimbo “Bana” y’abahanzi Chris eazy na Shaffy

Minisitiri w'urubyiruko , Utumatwishima , abinyujije ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa tweet yagaragaje uburyo indirimbo "Bana" y'abahanzi Chris eazy na Shaffy yamunyuze ubundi asaba abanyarwanda n'abakunzi b'umuziki muri rusange…
Posted by ShowRwanda Writter November 19, 2023

Posts pagination

1 2 3 … 12 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top