Posted inMu Mahanga Politiki
Perezida Volodymry Zelenskyy yatangajeko uburusiya bwatangije ibitero bishya mu ntara ya Donbas ngo buyigarurire , nyuma yo kunanirwa gufata umujyi wa Kyiv
Perezida Volodymry Zelenskyy wa Ukraine kuri ubu ihanganye n'igihugu cy'uburusiya mu ntambara uburusiya bwabatangijeho , Zelenskyy yatangajeko igihugu cy'uburusiya cyatangije ibitero bishya mu ntara ya Donbas ngo nayo buyigarurire nyuma…









