Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Urubanza rwaburanishirizwaga mu rukiko rw'ubujurire rwari rumaze hafi ukwezi kumwe ruburanishwa kuva tariki 20 Mutarama 2022 aho abacamanza b'urukiko rw'ubujurire bumvaga ubushinjacyaha , bwari bwareze bujuririra imyanzuru y'urukiko rukuru kubihano…
Perezida Vladimir Putin yatangajeko ibihano igihugu cye gishobora gufatirwa kubera ikibazo cya Ukraine bifashwe na America ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ko ibyo bihano ntacyo bizatwara igihugu cy’uburusiya kuko ari ibintu bamenyereye kuva mu mwaka 2014 uburusiya bufata agace ka cremia

Perezida Vladimir Putin yatangajeko ibihano igihugu cye gishobora gufatirwa kubera ikibazo cya Ukraine bifashwe na America ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ko ibyo bihano ntacyo bizatwara igihugu cy’uburusiya kuko ari ibintu bamenyereye kuva mu mwaka 2014 uburusiya bufata agace ka cremia

Perezida Vladimir Putin w'igihugu cy'uburusiya aganira n'itangazamakuru , yavuzeko ibihano igihugu cye cy'uburusiya gishobora gufatirwa na America ndetse n'umuryango w'ubumwe bw'uburayi kubera ikibazo cya Ukraine ntacyo bizatwara igihugu cy'uburusiya kuko…
Ukraine yarashe bombe zigera kuri 4 ku nyeshyamba z’uburusiya , iz’inyeshyamba ziyomoye kuri leta ya Ukraine z’ishyikigikiwe n’uburusiya zashinjije igihugu cya Ukraine kuba cyazigabyeho igitero simusiga hakoreshejwe imbunda n’ibikoresho bya gisirikare biremereye

Ukraine yarashe bombe zigera kuri 4 ku nyeshyamba z’uburusiya , iz’inyeshyamba ziyomoye kuri leta ya Ukraine z’ishyikigikiwe n’uburusiya zashinjije igihugu cya Ukraine kuba cyazigabyeho igitero simusiga hakoreshejwe imbunda n’ibikoresho bya gisirikare biremereye

imitwe y'inyeshyamba ziyomoye kuri Ukraine ishyikigikiwe n'uburusiya , yavuzeko yagabweho Ibitero hakoreshejwe imbunda ziremereye cyane zo mu bwoko bwa motors ubundi zirasa imizinga y'ibisasu iz'inyeshyamba zavuzeko kandi zarashweho hakoreshejwe amaronca…
Inyeshyamba z’itandukanyije mu majyepfo y’igihugu cya Senegal zarekuye abasirikare 7 b’abanya-senegal zari zarafashe mu kwezi gushize , mu mirwano yazishyamiranyije n’abasirikare ba Senegal bari mu butumwa bw’amahoro bwa ECOWAS muri Gambia

Inyeshyamba z’itandukanyije mu majyepfo y’igihugu cya Senegal zarekuye abasirikare 7 b’abanya-senegal zari zarafashe mu kwezi gushize , mu mirwano yazishyamiranyije n’abasirikare ba Senegal bari mu butumwa bw’amahoro bwa ECOWAS muri Gambia

Mu gihugu cya Senegal mu karere ka Kasamansi gaherereye mu majyepfo yiki gihugu cya Senegal nyuma yuko inyeshyamba zitavuze rumwe zigacikamo ibice zikitandukanya zarekuye abasirikare 7 b'abanya-senegal zari zarafashe mu…
Ubushinwa bwatangajeko bushyigikiye igihugu cy’uburusiya ku kibazo cya Ukraine ko butishimiye imikorere y’umuryango wa OTAN wo gukomeza kwagura ibikorwa byaho kuko bibangamiye ubusugire bw’ibihugu nk’uburusiya n’ubushinwa

Ubushinwa bwatangajeko bushyigikiye igihugu cy’uburusiya ku kibazo cya Ukraine ko butishimiye imikorere y’umuryango wa OTAN wo gukomeza kwagura ibikorwa byaho kuko bibangamiye ubusugire bw’ibihugu nk’uburusiya n’ubushinwa

Igihugu cy'ubushinwa n'igihugu cy'uburusiya byasohoye itangazo rigaragaza ko hari amasezerano byagiranye ku ngingo zitandukanye harimo n'ingingo y'umutekano , ubushinwa n'uburusiya byavuzeko byifatanyije mu kwamagana umuryango wa OTAN mu kwagura ibikorwa…