Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Politiki

Home » Politiki » Page 25
Igihugu cya Niger kirukanye abanyarwanda 8 bari baroherejweyo mu buhungiro nyuma yo gusoza ibihano bya ICTR/TPIR [inkuru-irambuye]
Posted inAmakuru Politiki

Igihugu cya Niger kirukanye abanyarwanda 8 bari baroherejweyo mu buhungiro nyuma yo gusoza ibihano bya ICTR/TPIR [inkuru-irambuye]

Igihugu cya Niger kirukanye ku butaka bwacyo abanyarwanda 8 barimo zigiranyirazo Porte wavutse tariki 2 Gashyantare mu mwaka 1938 avukira muri perefegitura ya Gisenyi kumwe na bandi 7 bategetswe guhita…
Posted by ShowRwanda Writter December 29, 2021
Intambara yeruye ya America n’uburusiya muri Ukraine , abasirikare ibihumbi 175 bari ku mupaka [inkuru-irambuye]
Posted inPolitiki

Intambara yeruye ya America n’uburusiya muri Ukraine , abasirikare ibihumbi 175 bari ku mupaka [inkuru-irambuye]

Leta zunze ubumwe za America zatangajeko ziteguye kurwana kuri Ukraine igihe igihugu cy'uburusiya cyagira igikorwa cya gisirikare gitangiza kuri Ukraine , uburusiya bumaze gushyira abasirikare ibihumbi 175 ku mupaka wayo…
Posted by ShowRwanda Writter December 19, 2021
U Rwanda rwamaganye ibitagazamakuru n’abadepite bo mubwongereza bakomeje gusabako Johnston Busingye atemerwa nk’ambasaderi w’u Rwanda mubwongereza
Posted inAmakuru Politiki

U Rwanda rwamaganye ibitagazamakuru n’abadepite bo mubwongereza bakomeje gusabako Johnston Busingye atemerwa nk’ambasaderi w’u Rwanda mubwongereza

Goverinoma y'u Rwanda yamaganye ibitagazamakuru n'abadepite bo mu gihugu cy'ubwongereza bakomeje gusabako Johnston Busingye wahoze ari minisitiri w'ubutabera bw'u Rwanda , atemerwa nk'ambasaderi w'u Rwanda mubwongereza kubera uruhare yagize mwifatwa…
Posted by ShowRwanda Writter December 15, 2021
“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya
Posted inMu Mahanga Politiki

“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya

Igihugu cya Libya nyuma y'imyaka 10 ishize hishwe Col. Muammar Gaddafi , cyikarangwamo intambara zidashira gishobora kuba kigiye gucungurwa na Saif al-Islam Gaddafi umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi. Ni ikibazo…
Posted by ShowRwanda Writter December 12, 2021
Nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kigaruriye ibice inyeshyamba za TPLF zari zarigaruriye , minisitiri Abiy Ahmed yasubiye Mubiro bye
Posted inMu Mahanga Politiki

Nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kigaruriye ibice inyeshyamba za TPLF zari zarigaruriye , minisitiri Abiy Ahmed yasubiye Mubiro bye

Mu gihugu cya Ethiopia , inyeshyamba za TPLF zikomeje gutera intambwe isubira inyuma nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera urugamba , leta ya Ethiopia ikaba yatangajeko hari ibice bindi igisirikare…
Posted by ShowRwanda Writter December 10, 2021
Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu

Umugaba mukuru w'ingabo z'igisirikare cy'ubuhinde Gen Bipin Rawat n'umugore we n'abandi bantu 11 baguye (gupfa) mu mpanuka y'indege ya kajugujugu yabereye mu gace ka Tamil Nadu mu majyepfo yiki gihugu…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Intambara hagati ya Perezida Joe Biden na Perezida Vladimir Putin ikomeje gufata indi ntera , ku kibazo cya Ukraine n’uburusiya
Posted inMu Mahanga Politiki

Intambara hagati ya Perezida Joe Biden na Perezida Vladimir Putin ikomeje gufata indi ntera , ku kibazo cya Ukraine n’uburusiya

Perezida wa leta zunze ubumwe za America Joe Biden mu Inama yagiranye na Perezida w'uburusiya Vladimir Putin , yari inama y'umuriro doreko ntawasekaga cyangwa ngo bacishemo baganire , iy'inama ikaba…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Igisirikare cya Ethiopia cyongeye gusubirana ibice byari byarashashwe n’inyeshyamba za TPLF , nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera kurugamba [inkuru-irambuye]
Posted inMu Mahanga Politiki

Igisirikare cya Ethiopia cyongeye gusubirana ibice byari byarashashwe n’inyeshyamba za TPLF , nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera kurugamba [inkuru-irambuye]

Inyeshyamba za TPLF nyuma yuko minisitiri wa Ethiopia Abiy Ahmed avuzeko agiye kwiyoborera urugamba izi nyeshyamba zikomeje gutakaza ibice zari zarigaruriye harimo n'intara ndagamateka y'igihugu cya Ethiopia zari zarafashe. Minisitiri…
Posted by ShowRwanda Writter December 5, 2021
Perezida Paul Kagame yiyamye inama zitarangira zihora mu buyobozi , zituma ibibazo by’abaturage bidakemuka
Posted inPolitiki

Perezida Paul Kagame yiyamye inama zitarangira zihora mu buyobozi , zituma ibibazo by’abaturage bidakemuka

Perezida wa Repabulika y'u Rwanda Paul Kagame ubwo yaganiraga n'abayobozi bo mu nzego z'ibanze baherutse gutorwa , basoje amahugurwa y'icyumweru mu ishuri rya police I gishali kuri uyu wa mbere…
Posted by ShowRwanda Writter November 30, 2021
Minisitiri w’intebe Muri Ethiopia Abiy Ahmed yavuzeko agiye kwiyoborera urugamba mu intambara ihanganyishije leta ya Ethiopia n’inyeshyamba za TPLF
Posted inMu Mahanga Politiki

Minisitiri w’intebe Muri Ethiopia Abiy Ahmed yavuzeko agiye kwiyoborera urugamba mu intambara ihanganyishije leta ya Ethiopia n’inyeshyamba za TPLF

igihugu cya Ethiopia hamaze igihe kinini hari intambara yabuze gica ihanganyishije leta ya Ethiopia n'inyeshyamba za TPLF zirwanira mu ntara ya Tigray , zigometse kuri leta ya Ethiopia nyumu yuko…
Posted by ShowRwanda Writter November 25, 2021

Posts pagination

Previous page 1 … 23 24 25 26 27 … 29 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top