Posted inAmakuru
Davido yavuze ko azatanga miriyoni 600 nyuma y’ubutumwa yashyize hanze bugatungura benshi
Umuhanzi w'umunya-Nijeriya ufite n'ubwenegihugu bwa Amerika, Davido yatangaje ko azatanga amafaranga agera kuri miriyoni 600Rwf azafashishwa abana bari mu bigo by'imfubyi muri Nigeria nyuma yuko yari yashyize ubutumwa kuri Twitter…









