Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

China

Home ยป China
Perezida Macron , yaburiye uburayi ko bushobora kuba ingaruzwa muheto ya leta zunze ubumwe za America
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Perezida Macron , yaburiye uburayi ko bushobora kuba ingaruzwa muheto ya leta zunze ubumwe za America

Umukuru w'igihugu cy'ubufaransa , Perezida Emmanuel Macron , mu ruzinduko rwe rw'akazi rw'iminsi itatu yagiriye mu gihugu cy'ubushinwa yaburiye ibihugu by'iburayi harimo n'ubufaransa ayoboye ko bishoboka kuba ingaruzwa muheto y'igihugu…
Posted by ShowRwanda Writter April 11, 2023
Amahanga yifatanyije n’u Rwanda kwibuka ku nshuro ya 29 , Jenoside yakorewe abatutsi 1994
Posted inAmakuru

Amahanga yifatanyije n’u Rwanda kwibuka ku nshuro ya 29 , Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Kuri uyu wa gatanu tariki 7 Mata 2023 , Ubwo u Rwanda rwatangiraga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 29 , ibihugu bitandukanye byo kw'isi ndetse n'imiryango itandukanye mpuzahamahaga ,…
Posted by ShowRwanda Writter April 8, 2023
Perezida Emmanuel Macron w’ubufaransa yageze mu bushinwa aho agiye kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu
Posted inMu Mahanga

Perezida Emmanuel Macron w’ubufaransa yageze mu bushinwa aho agiye kugirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu

Perezida Emmanuel Macron w'igihugu cy'ubufaransa yageze mu gihugu cy'ubushinwa aho agiye kugirira uruzinduko rwe rw'akazi rw'iminsi igera kuri itatu aho bitenganyijweko ashobora kugirana ibiganiro na mugenzi we Xi Jinping w'ubushinwa…
Posted by ShowRwanda Writter April 5, 2023
Uruzinduko rwa Perezida Xi Jinping mu burusiya rukomeje guteza impagarara mu burengerazuba bw’isi
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Uruzinduko rwa Perezida Xi Jinping mu burusiya rukomeje guteza impagarara mu burengerazuba bw’isi

Umukuru w'igihugu cy'ubushinwa , Perezida Xi Jinping , akomeje kugirira uruzinduko rwe rw'akazi rwa mbere kuva yatorerwa mpande ya gatatu ayoboye igihugu cy'ubushinwa mu gihugu cy'uburusiya aho yagiye guhura na…
Posted by ShowRwanda Writter March 22, 2023
Iran na Saudi Arabia , bageze ku masezerano y’amahoro nyuma y’imyaka myinshi bashyamiranye
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Iran na Saudi Arabia , bageze ku masezerano y’amahoro nyuma y’imyaka myinshi bashyamiranye

Igihugu cya Iran n'igihugu cya Saudi Arabia byageze ku masezerano y'ubufatanye , nyuma y'imyaka myinshi ibihugu byombi bishyamiranye ndetse ay'amasezerano akaba ari amasezerano yagezweho agizwemo uruhare n'igihugu cy'ubushinwa , ibyongeye…
Posted by ShowRwanda Writter March 14, 2023
Xi Jinping yatorewe mpanda ya gatatu ari Perezida w’ubushinwa
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Xi Jinping yatorewe mpanda ya gatatu ari Perezida w’ubushinwa

Perezida Xi Jinping w'igihungu cy'ubushinwa , yongeye gutorerwa mpanda ye ya gatatu ayoboye igihugu cy'ubushinwa nyuma y'uko yari asoje mpanda ze ebyeri ndetse Xi akaba yongeye kuba umukuru w'igihugu wongeye…
Posted by ShowRwanda Writter March 10, 2023
Perezida Xi Jinping yonyeye gutorerwa mpanda ya gatatu ayoboye igihugu cy’ubushinwa
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Perezida Xi Jinping yonyeye gutorerwa mpanda ya gatatu ayoboye igihugu cy’ubushinwa

Perezida w'ubushinwa ndetse akaba n'umukuru w'ishyaka riri k'ubutegetsi bw'igihugu cy'ubushinwa China Communist Party (CCP) , Xi Jinping , yonyeye gutorerwa mpanda ya 3 ayoboye ir'ishyaka rya China Communist Party riri…
Posted by ShowRwanda Writter October 24, 2022
China – Africa : Ubushinwa bwongeye gusonera inguzanyo zigera kuri 23 , ibihugu bya Africa bigera kuri 17
Posted inMu Mahanga Politiki

China – Africa : Ubushinwa bwongeye gusonera inguzanyo zigera kuri 23 , ibihugu bya Africa bigera kuri 17

Igihugu cy'ubushinwa cya kuriyeho ibihugu bya Africa bigera kuri 17 inguzanyo zigera kuri 23 zakagombye kuba zaramaze kwishyurwa mu mwaka wa 2021 , inguzanyo ubushinwa bwahaye ibi bihugu kugirango zikoreshwe…
Posted by ShowRwanda Writter August 25, 2022
Intambara ishobora kuvuka hagati ya America n’ubushinwa , nyuma y’uruzinduko Nancy Pelosi yagiriye ku kirwa cya Taiwan
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Intambara ishobora kuvuka hagati ya America n’ubushinwa , nyuma y’uruzinduko Nancy Pelosi yagiriye ku kirwa cya Taiwan

Nyuma y'uko ubushinwa buburiye igihugu cya leta zunze ubumwe za America , kuzirengera ingaruka zizabaho ubwo umukuru w'inteko nshingamategeko ya America Madam Nancy Pelosi azaba asuye ikirwa cya Taiwan ,…
Posted by ShowRwanda Writter August 3, 2022
Ubushinwa bwongeye kohereza indege 18 z’intambara mu kirere cya Taiwan , ibikomeje gutera ubwoba bw’indi ntambara ishobora kwaduka
Posted inMu Mahanga

Ubushinwa bwongeye kohereza indege 18 z’intambara mu kirere cya Taiwan , ibikomeje gutera ubwoba bw’indi ntambara ishobora kwaduka

Minisiteri y'ingabo mu kirwa cya Taiwan yatangajeko igihugu cy'ubushinwa cyongeye kohereza indege z'intambara 18 mu kirere cya Taiwan , Taiwan ikaba yarayise ishinja igihugu cy'ubushinwa gushaka kwigarurira ikirere cya Taiwan…
Posted by ShowRwanda Writter May 10, 2022

Posts pagination

1 2 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top