Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

America

Home » America » Page 5
USA: Donald trump yikomye abakozi ba FBI , binjiye mu rugo rwe ruherereye mu mujyi wa Florida bakajya kurusaka [inkuru irambuye]
Posted inAmakuru Mu Mahanga

USA: Donald trump yikomye abakozi ba FBI , binjiye mu rugo rwe ruherereye mu mujyi wa Florida bakajya kurusaka [inkuru irambuye]

Perezida wa 45 wa leta zunze ubumwe za America , bwana Donald trump bivugwako ashobora kuzongera kwiyamamariza kuyobora igihugu cya leta zunze ubumwe za America muri 2024 , mu matora…
Posted by ShowRwanda Writter August 9, 2022
” Rusasebagina afunzwe bikurikije amategeko mpuzamahanga na y’u Rwanda ” , uruzinduko rwa Antony Blinken mu Rwanda
Posted inAmakuru Politiki

” Rusasebagina afunzwe bikurikije amategeko mpuzamahanga na y’u Rwanda ” , uruzinduko rwa Antony Blinken mu Rwanda

Goverinoma y'u Rwanda yasohoye itangazo rimenyeshako yiteguye kwakira umunyamabanga wa leta zunze ubumwe za America , mu ruzinduko rwe rwa kazi yitegura kugirira mu Rwanda aho azagera mu Rwanda avuye…
Posted by ShowRwanda Writter August 6, 2022
U Rwanda , ntirwibaza impamvu America yica ibyihebe nka Zawahiri , ikarengaho igasaba U Rwanda gufungura ibyihebe nka Rusesabagina
Posted inAmakuru Politiki

U Rwanda , ntirwibaza impamvu America yica ibyihebe nka Zawahiri , ikarengaho igasaba U Rwanda gufungura ibyihebe nka Rusesabagina

Mu minsi ishize nibwo Perezida wa leta zunze ubumwe za America Joe Biden yigambye ku mugararo ko America yivuganye (yishe) umugabo wari uyoboye umutwe wa Al Qaeda , Ayman Al…
Posted by ShowRwanda Writter August 5, 2022
Intambara ishobora kuvuka hagati ya America n’ubushinwa , nyuma y’uruzinduko Nancy Pelosi yagiriye ku kirwa cya Taiwan
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Intambara ishobora kuvuka hagati ya America n’ubushinwa , nyuma y’uruzinduko Nancy Pelosi yagiriye ku kirwa cya Taiwan

Nyuma y'uko ubushinwa buburiye igihugu cya leta zunze ubumwe za America , kuzirengera ingaruka zizabaho ubwo umukuru w'inteko nshingamategeko ya America Madam Nancy Pelosi azaba asuye ikirwa cya Taiwan ,…
Posted by ShowRwanda Writter August 3, 2022
America : Police yataye muri yombi abadepite 17 bari mu myigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’urukiko kibuza abakobwa gukuramo inda
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

America : Police yataye muri yombi abadepite 17 bari mu myigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’urukiko kibuza abakobwa gukuramo inda

Muri leta zunze ubumwe za America kuri ubu hakomeje kubera imyigarambyo yamagana itegeko ryatowe na sena y'iki gihugu ribuza uburenganzira busesuye umunya-America kazi kuba yakuramo inda ndetse iy'imyigarambyo ikaba ikomeje…
Posted by ShowRwanda Writter July 25, 2022
Perezida Joe Biden wa America yongeye kurwa Covid-19 ku nshuro ya kabiri , aho afite ibimenyetso bya Covid-19 BA.5 variant
Posted inAmakuru Covid-19 Mu Mahanga

Perezida Joe Biden wa America yongeye kurwa Covid-19 ku nshuro ya kabiri , aho afite ibimenyetso bya Covid-19 BA.5 variant

Perezida wa leta zunze ubumwe za America Joe Biden yongeye kurwa icyorezo cya Covid-19 aho mu gitondo cyo kuri uyu wa kane aribwo yapimwe agasangwamo icyorezo cya Covid-19 ndetse ayita…
Posted by ShowRwanda Writter July 24, 2022
Uwabaye umugore wa wa mbere wa Donald Trump wayoboye America , Ivana Trump yasanzwe mu nzu ye yapfuye
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Uwabaye umugore wa wa mbere wa Donald Trump wayoboye America , Ivana Trump yasanzwe mu nzu ye yapfuye

Ivana Trump wabaye umugore wa mbere wa Donald Trump wayoboye leta zunze ubumwe za America kuwa kane tariki 14 Nyakanga 2022 , byatangajweko yitabye Imana ku myaka 73 nyuma yo…
Posted by ShowRwanda Writter July 15, 2022
byibuze abantu 46 nibo basanzwe mw’ikamyo bapfuye I Texas muri leta zunze ubumwe za America
Posted inMu Mahanga

byibuze abantu 46 nibo basanzwe mw’ikamyo bapfuye I Texas muri leta zunze ubumwe za America

Abantu 46 bikekwako ari abimukira baturutse mu gihugu cya Mexico basanzwe mw'ikamyo bapfuye , ikamyo yari iparitse ku muhanda wa San Antonio muri leta ya Texas mu gihugu cya leta…
Posted by ShowRwanda Writter July 2, 2022
R.Kelly wa menyekanye mu muziki wa America yakatiwe igifungo cy’imyaka 30 , nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata kungufu
Posted inIbyamamare Mu Mahanga

R.Kelly wa menyekanye mu muziki wa America yakatiwe igifungo cy’imyaka 30 , nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata kungufu

Umuhanzi w'umunya-america Robert Sylvester Kelly wa menyekanye nka R.Kelly mu kuririmba indirimbo zo mujyana ya R&B na hip hop kuri ubu wa hamijwe ibyaha byo gusambanya abagore n'abana kugahato ,…
Posted by ShowRwanda Writter June 29, 2022
Koreya ya Ruguru – Mu kwibuka Intambara ya Koreya ku nshuro ya 72 Biyemeje kwihorera kuri Amerika kubera uruhare rukomeye yayigizemo
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Koreya ya Ruguru – Mu kwibuka Intambara ya Koreya ku nshuro ya 72 Biyemeje kwihorera kuri Amerika kubera uruhare rukomeye yayigizemo

Kuri uyu wa gatandatu muri Koreya y'amajyaruguru ubwo hizihizaga imyaka 72 intambara ya Koreya itangiye, leta y'iki gihugu yatangaje ko Koreya y'amajyepfo ifatanyije na Leta zunze ubumwe za Amerika bari…
Posted by Staff Writter June 26, 2022

Posts pagination

Previous page 1 … 3 4 5 6 7 8 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top