Uburusiya bwahamagaje inama yigitaraganya y’akanama gashinzwe umutekano kw’isi ka UN kubera ibirego buregwa by’ubwicanyi bwa bereye mu mugi wa Bucha , kugirango habeho umucyo ku bushotoranyi bukomeje gukorwa n’abahezanguni ba Ukraine aribo America na OTAN

Uburusiya bwahamagaje inama yigitaraganya y’akanama gashinzwe umutekano kw’isi ka UN kubera ibirego buregwa by’ubwicanyi bwa bereye mu mugi wa Bucha , kugirango habeho umucyo ku bushotoranyi bukomeje gukorwa n’abahezanguni ba Ukraine aribo America na OTAN

Nyuma yuko igihugu cy'uburusiya gitangajeko gitangije ibikorwa bya gisirikare mu gihugu cya Ukraine bamwe bise intambara , kuri ubu igihugu cy'uburusiya cyahamagaje inama yigitaraganya y'akana UN kaginzwe n'ibihugu 15 gashinzwe…
Perezida Vladimir Putin yatangajeko ibihano igihugu cye gishobora gufatirwa kubera ikibazo cya Ukraine bifashwe na America ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ko ibyo bihano ntacyo bizatwara igihugu cy’uburusiya kuko ari ibintu bamenyereye kuva mu mwaka 2014 uburusiya bufata agace ka cremia

Perezida Vladimir Putin yatangajeko ibihano igihugu cye gishobora gufatirwa kubera ikibazo cya Ukraine bifashwe na America ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ko ibyo bihano ntacyo bizatwara igihugu cy’uburusiya kuko ari ibintu bamenyereye kuva mu mwaka 2014 uburusiya bufata agace ka cremia

Perezida Vladimir Putin w'igihugu cy'uburusiya aganira n'itangazamakuru , yavuzeko ibihano igihugu cye cy'uburusiya gishobora gufatirwa na America ndetse n'umuryango w'ubumwe bw'uburayi kubera ikibazo cya Ukraine ntacyo bizatwara igihugu cy'uburusiya kuko…