Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

America

Home ยป America
America : Urukiko rwatejeje agaciro ikirego cyaregwagamo ibigo nka Apple , Tesla , Microsoft na Google ku mubaye y’agaciro ya Congo
Posted inIkoranabuhanga Mu Mahanga

America : Urukiko rwatejeje agaciro ikirego cyaregwagamo ibigo nka Apple , Tesla , Microsoft na Google ku mubaye y’agaciro ya Congo

Urukiko muri leta zunze ubumwe za America , rwatejeje agaciro ikirego cyarezwemo ibigo binini mu by'ikoranabuhanga (technology) mu kugira uruhare mwikoreshwa ry'abana mu gucukura amabuye y'agaciro ya Cobalt muri Repabulika…
Posted by ShowRwanda Writter March 8, 2024
Perezida Paul Kagame yahuye na Perezida Volodymlyr Zelensky wa Ukraine
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Perezida Paul Kagame yahuye na Perezida Volodymlyr Zelensky wa Ukraine

Umukuru w'igihugu , Perezida Paul Kagame yahuye na Perezida Volodymlyr Zelensky w'igihugu cya Ukraine bagirana ibiganiro by'ibanze ku ntambara igihugu cye cya Ukraine kimazemo hafi imyaka ibiri n'uburusiya ndetse banaganira…
Posted by ShowRwanda Writter January 16, 2024
America yaburiye abategetsi ba Israel barimo gushakira ubuhungiro Abanye-Palestine bari muri Gaza
Posted inMu Mahanga Politiki

America yaburiye abategetsi ba Israel barimo gushakira ubuhungiro Abanye-Palestine bari muri Gaza

Umunyamabanga wa leta zunze ubumwe za America ushinzwe ububanyi na mahanga , Antony Blinken , yatangajeko nta munya-Palestine uzigera agashyirwaho igitsure ngo avanwe muri Gaza kandi ko ari uburenganzira bwabo…
Posted by ShowRwanda Writter January 8, 2024
Police y’u Rwanda (RNP) yitandukanyije n’uwiyise umukozi wayo muri America
Posted inAmakuru Ikoranabuhanga

Police y’u Rwanda (RNP) yitandukanyije n’uwiyise umukozi wayo muri America

Police y'u Rwanda yamaganye uwiyise umukozi wayo muri leta zunze ubumwe za America , avugako ayikorera nk'umukozi wayo ushinzwe ubutasi mu by'ikoranabuhanga , hashingiwe ku itegeko ryitwa Foreign Agents Registration…
Posted by ShowRwanda Writter January 7, 2024
Rwanda : Anne Rwigara umukobwa wa Assinapol Rwigara , yapfuye urupfu rutunguranye
Posted inAmakuru

Rwanda : Anne Rwigara umukobwa wa Assinapol Rwigara , yapfuye urupfu rutunguranye

Umukobwa wa nyakwigendera Assinapol Rwigara nawe witabye Imana azize impanuka , Anne Rwigara yitabye Imana apfuye urupfu rutunguranye nkuko byatangajwe n'umuryango we , akaba yaritabye Imana aguye mu rugo rwe…
Posted by ShowRwanda Writter December 30, 2023
Umunyapolitike mu bubanyi na mahanga bwa America , Henry Kissinger , yitabye Imana ku myaka 100
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Umunyapolitike mu bubanyi na mahanga bwa America , Henry Kissinger , yitabye Imana ku myaka 100

Umunyapolitike mu bubanyi na mahanga bw'igihugu cya leta zunze ubumwe za America , Henry Kissinger , yitabye Imana (yapfuye) ku myaka 100 y'amavuko , apfiriye mu rugo rwe ruherereye muri…
Posted by ShowRwanda Writter December 1, 2023
Abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kugaruka ku nkuru ya Ramos na Shakira mu bihembo bya Latin Grammy Awards
Posted inIbyamamare Mu Mahanga

Abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kugaruka ku nkuru ya Ramos na Shakira mu bihembo bya Latin Grammy Awards

Abakunzi b'umupira w'amaguru kw'isi bakomeje kugaruka no kuvuga ku nkuru y'umukinnyi w'umupira w'amaguru Sergio Ramos ndetse n'umuhanzikazi Shakira , mu bihembo bya Latin Grammy Awards 2023 byabereye mu mujyi wa…
Posted by ShowRwanda Writter November 19, 2023
Israel-Hamas: Abasirikare batanu (5) ba leta zunze ubumwe za America bapfuye baguye mu mpanuka y’indege
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Israel-Hamas: Abasirikare batanu (5) ba leta zunze ubumwe za America bapfuye baguye mu mpanuka y’indege

Igisirikare cya leta zunze ubumwe za America , cyatangaje ko abasirikare bacyo batanu(5) bapfuye baguye mu mpanuka y'indege y'intambara yari mu bikorwa by'imyitozo hafi y'inyanja ya Mediterranean nyuma yuko iyi…
Posted by ShowRwanda Writter November 13, 2023
Perezida Museveni yifatiye ku gahanga leta zunze ubumwe za America
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Perezida Museveni yifatiye ku gahanga leta zunze ubumwe za America

Perezida Yoweri Kaguta Museveni w'igihugu cya Uganda , yifatiye ku gahanga igihugu cya leta zunze ubumwe za America giherutse gutangaza ko gishobora gukura igihugu cya Uganda ndetse n'ibindi bihugu byo…
Posted by ShowRwanda Writter November 6, 2023
Israel-Palestine : Antony Blinken yasuye bitunguranye umukuru wa Palestine muri West Bank
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Israel-Palestine : Antony Blinken yasuye bitunguranye umukuru wa Palestine muri West Bank

Umunyamabanga wa leta zunze ubumwe za America ushinzwe ubutwererane n'imigenderanire mpuzamahanga , Antony Blinken , yagiriye uruzinduko rutunguranye mu gace ka West Bank muri Palestine ahura n'umuyobozi mukuru w'ubutegetsi bw'igihugu…
Posted by ShowRwanda Writter November 6, 2023

Posts pagination

1 2 3 … 8 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top