Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Mu Mahanga

Home » Mu Mahanga » Page 28
USA yatangaje nta musirikare wayo uzahanwa kubera igitero bagambye muri Afghanistan cy’ikica abantu 10 , umukozi 1 watangaga imfashanyo nabo mu muryango we 9
Posted inMu Mahanga

USA yatangaje nta musirikare wayo uzahanwa kubera igitero bagambye muri Afghanistan cy’ikica abantu 10 , umukozi 1 watangaga imfashanyo nabo mu muryango we 9

Leta zunze ubumwe za America zatangajeko nta basirikare bayo cyangwa abategetsi bazahanwa kubera igitero k'indege itagira umupirote (Drones) cyahitanye abantu 10 bagambye muri Afghanistan mu kwezi kwa munani. Igenzura ry'imikorere…
Posted by ShowRwanda Writter December 14, 2021
“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya
Posted inMu Mahanga Politiki

“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya

Igihugu cya Libya nyuma y'imyaka 10 ishize hishwe Col. Muammar Gaddafi , cyikarangwamo intambara zidashira gishobora kuba kigiye gucungurwa na Saif al-Islam Gaddafi umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi. Ni ikibazo…
Posted by ShowRwanda Writter December 12, 2021
“Muzabona ingaruka mbi cyane” – Perezida Biden yongeye kwihanangiriza bikomeye Uburusiya bwifuza gutera Ukraine
Posted inAmakuru Mu Mahanga

“Muzabona ingaruka mbi cyane” – Perezida Biden yongeye kwihanangiriza bikomeye Uburusiya bwifuza gutera Ukraine

Perezida Joe Biden wa Leta zunze Ubumwe Za Amerika yabwiye mugenzi we w'Uburusiya, Putin ko Uburusiya buzahura n'ingaruka zikomeye nibutera igihugu cya Ukraine. Biden yabwiye itangazamakuru ko bishoboka cyane ko…
Posted by Staff Writter December 12, 2021
Nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kigaruriye ibice inyeshyamba za TPLF zari zarigaruriye , minisitiri Abiy Ahmed yasubiye Mubiro bye
Posted inMu Mahanga Politiki

Nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kigaruriye ibice inyeshyamba za TPLF zari zarigaruriye , minisitiri Abiy Ahmed yasubiye Mubiro bye

Mu gihugu cya Ethiopia , inyeshyamba za TPLF zikomeje gutera intambwe isubira inyuma nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera urugamba , leta ya Ethiopia ikaba yatangajeko hari ibice bindi igisirikare…
Posted by ShowRwanda Writter December 10, 2021
Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu

Umugaba mukuru w'ingabo z'igisirikare cy'ubuhinde Gen Bipin Rawat n'umugore we n'abandi bantu 11 baguye (gupfa) mu mpanuka y'indege ya kajugujugu yabereye mu gace ka Tamil Nadu mu majyepfo yiki gihugu…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Intambara hagati ya Perezida Joe Biden na Perezida Vladimir Putin ikomeje gufata indi ntera , ku kibazo cya Ukraine n’uburusiya
Posted inMu Mahanga Politiki

Intambara hagati ya Perezida Joe Biden na Perezida Vladimir Putin ikomeje gufata indi ntera , ku kibazo cya Ukraine n’uburusiya

Perezida wa leta zunze ubumwe za America Joe Biden mu Inama yagiranye na Perezida w'uburusiya Vladimir Putin , yari inama y'umuriro doreko ntawasekaga cyangwa ngo bacishemo baganire , iy'inama ikaba…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Umutwe wa Islamic State wigambye igitero cyo muri Nigeriya cyaguyemo abasirikare 7
Posted inAfrica Mu Mahanga

Umutwe wa Islamic State wigambye igitero cyo muri Nigeriya cyaguyemo abasirikare 7

Umutwe w'iterabwoba wa 'Islamic State' wamaze gutangaza ko ariwo wihishe inyuma y'ibitero byaguyemo abasirikare 7 barimo n'uwari umuyobozi wabo muri leta ya Borno iherereye mu majyaruguru ya Nigeria. Amakuru avuga…
Posted by Staff Writter December 6, 2021
Rihanna yagizwe intwari y’igihugu cya Barbados , Igihugu gishya cyakuyeho umwamikazi Queen Elizabeth
Posted inIbyamamare Mu Mahanga

Rihanna yagizwe intwari y’igihugu cya Barbados , Igihugu gishya cyakuyeho umwamikazi Queen Elizabeth

Umuhanzikazi w'umunya-america Rihanna ukora umuziki nk'umwuga , nyuma yuko igihugu cya Barbados kibonye ubwingenge kigakuraho umwamikazi Queen Elizabeth kikaba igihugu kigenga, Rihanna Iki gihugu cya yise kimugira intwari y'igihugu cya…
Posted by ShowRwanda Writter December 5, 2021
Igisirikare cya Ethiopia cyongeye gusubirana ibice byari byarashashwe n’inyeshyamba za TPLF , nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera kurugamba [inkuru-irambuye]
Posted inMu Mahanga Politiki

Igisirikare cya Ethiopia cyongeye gusubirana ibice byari byarashashwe n’inyeshyamba za TPLF , nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera kurugamba [inkuru-irambuye]

Inyeshyamba za TPLF nyuma yuko minisitiri wa Ethiopia Abiy Ahmed avuzeko agiye kwiyoborera urugamba izi nyeshyamba zikomeje gutakaza ibice zari zarigaruriye harimo n'intara ndagamateka y'igihugu cya Ethiopia zari zarafashe. Minisitiri…
Posted by ShowRwanda Writter December 5, 2021
Minisitiri w’intebe Muri Ethiopia Abiy Ahmed yavuzeko agiye kwiyoborera urugamba mu intambara ihanganyishije leta ya Ethiopia n’inyeshyamba za TPLF
Posted inMu Mahanga Politiki

Minisitiri w’intebe Muri Ethiopia Abiy Ahmed yavuzeko agiye kwiyoborera urugamba mu intambara ihanganyishije leta ya Ethiopia n’inyeshyamba za TPLF

igihugu cya Ethiopia hamaze igihe kinini hari intambara yabuze gica ihanganyishije leta ya Ethiopia n'inyeshyamba za TPLF zirwanira mu ntara ya Tigray , zigometse kuri leta ya Ethiopia nyumu yuko…
Posted by ShowRwanda Writter November 25, 2021

Posts pagination

Previous page 1 … 26 27 28 29 30 … 36 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top