Rihanna yagizwe intwari y’igihugu cya Barbados , Igihugu gishya cyakuyeho umwamikazi Queen Elizabeth

Rihanna yagizwe intwari y’igihugu cya Barbados , Igihugu gishya cyakuyeho umwamikazi Queen Elizabeth

Umuhanzikazi w’umunya-america Rihanna ukora umuziki nk’umwuga , nyuma yuko igihugu cya Barbados kibonye ubwingenge kigakuraho umwamikazi Queen Elizabeth kikaba igihugu kigenga, Rihanna Iki gihugu cya yise kimugira intwari y’igihugu cya Barbados.

Barbados , ubu nicyo gihugu kimaze igihe gito kivutse kuri uyu mubumbe kikaba kiyongereye ku mubare w’ibihugu bisazwe bibarurwa kuri uyu mubumbe , cyabonye ubwingenge tariki 30 Ugushyingo umwaka wa 2021 .

Barbados yabonye ubwingenge nyuma yuko ubuyobozi bwiki gihugu buvanyeho byemewe n’amategeko umwamikazi Queen Elizabeth nk’umukuru w’igihugu maze bagashyiraho Perezida wa mbere wiki gihugu cya Barbados.

Nyuma y’iminsi 7 iki gihugu cya Barbados kibonye ubwingenge bucagase cya yise cyakirwa mu muryango wa bibumbye , cyongera kubona ubwingenge bwuzuye nyuma y’iminsi mike cyane , iki gihugu cya Barbados mu baturage bagituye harimo Umuhanzikazi uzwi ku isi ariwe Rihanna , kuburyo nabamenye Barbados bayimenye kubera izina Rihanna.

Mu birori byabereye mu murwa mukuru wiki gihugu cya Barbados , Umuhanzikazi w’icyamamare Rihanna yagizwe intwari yiki gihugu cya Barbados kubera kukigaragaza no kukivugira mu ruhando mpuzamahanga , Rihanna akaba asazwe afatwa nk’ibendera ryiki gihugu mu ruhando mpuzamahanga.

Comments

No comments yet. Why don’t you start the discussion?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *