Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Amakuru

Home » Amakuru » Page 52
“Muzabona ingaruka mbi cyane” – Perezida Biden yongeye kwihanangiriza bikomeye Uburusiya bwifuza gutera Ukraine
Posted inAmakuru Mu Mahanga

“Muzabona ingaruka mbi cyane” – Perezida Biden yongeye kwihanangiriza bikomeye Uburusiya bwifuza gutera Ukraine

Perezida Joe Biden wa Leta zunze Ubumwe Za Amerika yabwiye mugenzi we w'Uburusiya, Putin ko Uburusiya buzahura n'ingaruka zikomeye nibutera igihugu cya Ukraine. Biden yabwiye itangazamakuru ko bishoboka cyane ko…
Posted by Staff Writter December 12, 2021
U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy’impunzi ziturutse muri Libya zigera ku 176
Posted inAmakuru

U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy’impunzi ziturutse muri Libya zigera ku 176

U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy'impunzi 176 zo muri Libya , zari zimaze igihe kinini zibayeho nabi zicwa n'inzara nindi mibereho itari myiza nyuma yo kuhagera zishaka ubuhungiro ku…
Posted by ShowRwanda Writter December 11, 2021
Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu

Umugaba mukuru w'ingabo z'igisirikare cy'ubuhinde Gen Bipin Rawat n'umugore we n'abandi bantu 11 baguye (gupfa) mu mpanuka y'indege ya kajugujugu yabereye mu gace ka Tamil Nadu mu majyepfo yiki gihugu…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Yavuzeko U Rwanda rwarengeje intego y’umuryango wa bibumbye mu gukingira covid-19, aho hamaze gukingirwa 100% muri Kigali , Minisitiri Dr Edouard Ngirente
Posted inAmakuru Covid-19

Yavuzeko U Rwanda rwarengeje intego y’umuryango wa bibumbye mu gukingira covid-19, aho hamaze gukingirwa 100% muri Kigali , Minisitiri Dr Edouard Ngirente

Minisitiri Dr Edouard Ngirente , avugako u Rwanda rwarengeje intego y'umuryango wa bibumbye yo gukingira icyorezo cya Covid-19 byumwihariko mu mugi wa Kigali aho u Rwanda rumaze ngukingira 100% abahatuye…
Posted by ShowRwanda Writter December 7, 2021
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwagabanyirije ibihano abasirikare bashijwaga icyaha cyo gusambanya abantu kugahato
Posted inAmakuru

Urukiko rukuru rwa gisirikare rwagabanyirije ibihano abasirikare bashijwaga icyaha cyo gusambanya abantu kugahato

Urukiko rukuru rwa gisirikare rukorera I Kanombe rwagabanyirije ibihano abasirikare 2 , private Nishimwe Fidel na Private ndayishimiye Patrick bashijwaga icyaha cyo gufata cyangwa gusambanya abantu kugahato bakoreye ahitwa muri…
Posted by ShowRwanda Writter December 3, 2021
Ikigo cya Twitter cyafunze Account zigera kuri 418 mu gihugu cya Uganda
Posted inAmakuru Ikoranabuhanga

Ikigo cya Twitter cyafunze Account zigera kuri 418 mu gihugu cya Uganda

Urubuga nkoranyambaga rwa Twitter rwafunze account zigera kuri 418 mu gihugu cya Uganda , izi account zafunzwe zishinzwa kuba zaragaragaye mu bikorwa bitanyuze mu mucyo hagamijwe kwamamaza Perezida Museveni. Ikigo…
Posted by ShowRwanda Writter December 3, 2021
RIB yatangajeko yataye muri yombi abagabo 2 bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba miliyoni 1M arenga y’amafaranga y’u Rwanda
Posted inAmakuru

RIB yatangajeko yataye muri yombi abagabo 2 bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba miliyoni 1M arenga y’amafaranga y’u Rwanda

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB , rukurikiranye abantu 2 bakekwaho icyaha cy'ubujura bakoresheje kiboko bakoreye mu mugi wa Kigali mu bihe bitandukanye bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kicukiro. Abakurikiranywwho…
Posted by ShowRwanda Writter December 2, 2021
Virus nshya ya covid-19 “Omicron ” byavuzweko yari isanzwe mu buholandi mbereyuko igera mu bindi bihugu [inkuru irambuye]
Posted inAmakuru Covid-19 Ubuzima

Virus nshya ya covid-19 “Omicron ” byavuzweko yari isanzwe mu buholandi mbereyuko igera mu bindi bihugu [inkuru irambuye]

Ubwoko bushya bw'icyorezo cya Covid-19 bwiswe"Omicron" byavuzweko bwari busanzwe buriho mu gihugu cy'ubuholandi mbereyuko bumenyekana ahandi buri kugenda bumenyekana ubungubu nkuko abayobozi biki gihugu ba byitangarije. Ubu bwoko bushya bw'icyorezo…
Posted by ShowRwanda Writter December 1, 2021
Madamu Jeannette Kagame yavuzeko yishimira aho imbuto Foundation igeze kandiko bayitangiza aribyo byari inzozi zabo
Posted inAmakuru Mu Rwanda Uburezi

Madamu Jeannette Kagame yavuzeko yishimira aho imbuto Foundation igeze kandiko bayitangiza aribyo byari inzozi zabo

Mu birori by'isabukuru y'imyaka 20 umuryango imbuto Foundation umaze ushinzwe , madamu Jeannette Kagame umugore wa Perezida wa Repabulika y'u Rwanda ari nawe washinze uyu muryango , yavuzeko uyu muryango…
Posted by ShowRwanda Writter November 29, 2021
Itsinda ry’abasirikare 150 b’abaholandi , bakoresha imbunda z’ibifaru baje mu Rwanda  , mu myitozo mu gihe cy’ibyumweru 3 , mu kigo cya gisirikare cya Gabiro
Posted inAmakuru

Itsinda ry’abasirikare 150 b’abaholandi , bakoresha imbunda z’ibifaru baje mu Rwanda , mu myitozo mu gihe cy’ibyumweru 3 , mu kigo cya gisirikare cya Gabiro

Kuri iki cyumweru itsinda ry'abasirikare 150 riturutse mu gihugu cy'ubuholandi ryageze mu Rwanda aho rije kumara igihe cy'ibyumweru bitatu bakorera imyitozo mu kigo cya gisirikare cya Gabiro , iyi myitozo…
Posted by ShowRwanda Writter November 29, 2021

Posts pagination

Previous page 1 … 50 51 52 53 54 … 62 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top