Ukraine yarashe bombe zigera kuri 4 ku nyeshyamba z’uburusiya , iz’inyeshyamba ziyomoye kuri leta ya Ukraine z’ishyikigikiwe n’uburusiya zashinjije igihugu cya Ukraine kuba cyazigabyeho igitero simusiga hakoreshejwe imbunda n’ibikoresho bya gisirikare biremereye

Ukraine yarashe bombe zigera kuri 4 ku nyeshyamba z’uburusiya , iz’inyeshyamba ziyomoye kuri leta ya Ukraine z’ishyikigikiwe n’uburusiya zashinjije igihugu cya Ukraine kuba cyazigabyeho igitero simusiga hakoreshejwe imbunda n’ibikoresho bya gisirikare biremereye

imitwe y'inyeshyamba ziyomoye kuri Ukraine ishyikigikiwe n'uburusiya , yavuzeko yagabweho Ibitero hakoreshejwe imbunda ziremereye cyane zo mu bwoko bwa motors ubundi zirasa imizinga y'ibisasu iz'inyeshyamba zavuzeko kandi zarashweho hakoreshejwe amaronca…
Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Canada Justin Trudeau , yafashe ingamba zikomeye zo kurwanya imyigarangambyo y’abadashaka kwikingiza urukingo rwa covid-19 avugako bishobora no kugera aho abajya mu myigaragambyo bashobora no gufungirwa konte z’amafaranga yabo mu bank zirimo

Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Canada Justin Trudeau , yafashe ingamba zikomeye zo kurwanya imyigarangambyo y’abadashaka kwikingiza urukingo rwa covid-19 avugako bishobora no kugera aho abajya mu myigaragambyo bashobora no gufungirwa konte z’amafaranga yabo mu bank zirimo

Minisitiri w'intebe w'igihugu cya Canada Justin Trudeau , yatangajeko agiye gufatira imyanzuro n'ingamba bikakaye mu guhangana n'imyigaragabyo y'abadashaka kwikingiza icyorezo cya covid-19 , avugako bishobora no kugera aho abajya muri…
Inyeshyamba z’itandukanyije mu majyepfo y’igihugu cya Senegal zarekuye abasirikare 7 b’abanya-senegal zari zarafashe mu kwezi gushize , mu mirwano yazishyamiranyije n’abasirikare ba Senegal bari mu butumwa bw’amahoro bwa ECOWAS muri Gambia

Inyeshyamba z’itandukanyije mu majyepfo y’igihugu cya Senegal zarekuye abasirikare 7 b’abanya-senegal zari zarafashe mu kwezi gushize , mu mirwano yazishyamiranyije n’abasirikare ba Senegal bari mu butumwa bw’amahoro bwa ECOWAS muri Gambia

Mu gihugu cya Senegal mu karere ka Kasamansi gaherereye mu majyepfo yiki gihugu cya Senegal nyuma yuko inyeshyamba zitavuze rumwe zigacikamo ibice zikitandukanya zarekuye abasirikare 7 b'abanya-senegal zari zarafashe mu…
Ubushinwa bwatangajeko bushyigikiye igihugu cy’uburusiya ku kibazo cya Ukraine ko butishimiye imikorere y’umuryango wa OTAN wo gukomeza kwagura ibikorwa byaho kuko bibangamiye ubusugire bw’ibihugu nk’uburusiya n’ubushinwa

Ubushinwa bwatangajeko bushyigikiye igihugu cy’uburusiya ku kibazo cya Ukraine ko butishimiye imikorere y’umuryango wa OTAN wo gukomeza kwagura ibikorwa byaho kuko bibangamiye ubusugire bw’ibihugu nk’uburusiya n’ubushinwa

Igihugu cy'ubushinwa n'igihugu cy'uburusiya byasohoye itangazo rigaragaza ko hari amasezerano byagiranye ku ngingo zitandukanye harimo n'ingingo y'umutekano , ubushinwa n'uburusiya byavuzeko byifatanyije mu kwamagana umuryango wa OTAN mu kwagura ibikorwa…