U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994

U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Perezida wa Repabulika y'u Rwanda , nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga icyumweru n'iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ku nshuro ya 28 , Perezida Paul Kagame yavuzeko…
Uburusiya bwahamagaje inama yigitaraganya y’akanama gashinzwe umutekano kw’isi ka UN kubera ibirego buregwa by’ubwicanyi bwa bereye mu mugi wa Bucha , kugirango habeho umucyo ku bushotoranyi bukomeje gukorwa n’abahezanguni ba Ukraine aribo America na OTAN

Uburusiya bwahamagaje inama yigitaraganya y’akanama gashinzwe umutekano kw’isi ka UN kubera ibirego buregwa by’ubwicanyi bwa bereye mu mugi wa Bucha , kugirango habeho umucyo ku bushotoranyi bukomeje gukorwa n’abahezanguni ba Ukraine aribo America na OTAN

Nyuma yuko igihugu cy'uburusiya gitangajeko gitangije ibikorwa bya gisirikare mu gihugu cya Ukraine bamwe bise intambara , kuri ubu igihugu cy'uburusiya cyahamagaje inama yigitaraganya y'akana UN kaginzwe n'ibihugu 15 gashinzwe…
Abagera ku bihumbi umunani baturutse mu bihugu 54 byo kw’isi bagiye guhurira I Kigali mu Rwanda mu nama ya CHOGM , inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza izaba mu kwezi kwa Kamena igateranira mu Rwanda

Abagera ku bihumbi umunani baturutse mu bihugu 54 byo kw’isi bagiye guhurira I Kigali mu Rwanda mu nama ya CHOGM , inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza izaba mu kwezi kwa Kamena igateranira mu Rwanda

Ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bwagaragarije inteko y'abaturage ko bugeze kure bwitegura kwakira inama ya CHOGM2022 ihuza abakuru b'ibihugu naza goverinoma z'umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza CHOGM Meeting 2022 . Iy'inama…
Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza

Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza

Nsabimana uzwi nka Sankara ukurikiranweho ibyaha by'iterabwoba byakozwe n'imitwe y'iterabwoba mu Rwanda mu ntara y'amajyaruguru , uburanishirizwa hamwe na Paul Rusesabagina urukiko rukuru rw'ubujurire rwamugababyirije igihano rugikura ku myaka 20…
Umushumba wa kiriziya kw’isi Pope Francis byatangajweko azasura igihugu cya DR Congo n’igihugu cya cya Sudan y’epfo mu kwezi kwa karindwi , Pope akaba azaza mu gihugu cya DR Congo k’ubutumire bwa Perezida Felix Tshiseked nkuko byatangajwe na Minisitiri w’intebe wiki gihugu cya DR Congo

Umushumba wa kiriziya kw’isi Pope Francis byatangajweko azasura igihugu cya DR Congo n’igihugu cya cya Sudan y’epfo mu kwezi kwa karindwi , Pope akaba azaza mu gihugu cya DR Congo k’ubutumire bwa Perezida Felix Tshiseked nkuko byatangajwe na Minisitiri w’intebe wiki gihugu cya DR Congo

Umushumba wa kiriziya kw'isi Pope Francis biteganyijweko azasura igihugu cya DR Congo n'igihugu cya Sudan y'epfo mu kwezi kwa karindwi nkuko byemejwe n'abamuhagarariye , Pope Francis akaba azasura imigi irimo…
Abanyaburayi bafite ubwoba bw’uko igice cyose cy’uburayi gishobora kurimbuka , kirimbuwe na perezida Putin nyuma yuko ingabo z’uburusiya zigaruriye uruganda rwa zaporizhzhia , uruganda rwa mbere mu burayi rw’ingufu kirimbuzi (nuclear power plant)

Abanyaburayi bafite ubwoba bw’uko igice cyose cy’uburayi gishobora kurimbuka , kirimbuwe na perezida Putin nyuma yuko ingabo z’uburusiya zigaruriye uruganda rwa zaporizhzhia , uruganda rwa mbere mu burayi rw’ingufu kirimbuzi (nuclear power plant)

Intambara yabaye mw'ijoro ryo kuwa gatanu ku ngabo za Ukraine n'uburusiya hafi n'uruganda rw'ingufu za kirimbuzi rwa zaporizhzhia , ni intambara yateye ubwoba abatuye isi ariko by'umwihariko abatuye ku mugabane…
Nyuma y’imyaka 2 Inama ya CHOGM2020 isubikwa , iy’inama igiye kongera kubera mu Rwanda nkuko byari byemejwe mu mwaka 2020 ikagenda isubikwa kubera icyorezo cya Covid-19 , CHOGM ikaba iteganyijwe muri Kamena uy’umwaka 2022

Nyuma y’imyaka 2 Inama ya CHOGM2020 isubikwa , iy’inama igiye kongera kubera mu Rwanda nkuko byari byemejwe mu mwaka 2020 ikagenda isubikwa kubera icyorezo cya Covid-19 , CHOGM ikaba iteganyijwe muri Kamena uy’umwaka 2022

Igihugu cy'u Rwanda mu rwego rwo kwitegura kwakira inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza CHOGM2020 (Commonwealth heads of Government Meeting) iteganyijwe kuba mu kwezi kwa Kamena uy'umwaka wa 2022 ,…
Perezida Vladimir Putin yaburiye amahanga ko agiye gukoresha intwaro kirimbuzi mu ntambara kubera ubushotoranyi bw’amagambo n’ibihano bikomeje gukorwa n’ibihugu byo muburengerazuba bw’isi biyobowe na America.

Perezida Vladimir Putin yaburiye amahanga ko agiye gukoresha intwaro kirimbuzi mu ntambara kubera ubushotoranyi bw’amagambo n’ibihano bikomeje gukorwa n’ibihugu byo muburengerazuba bw’isi biyobowe na America.

Perezida Vladimir Putin w'igihugu cy'uburusiya hashize iminsi 8 atangije intambara ku gihugu cya Ukraine aho yatangajeko intambara atangije ku gihugu cya Ukraine igihugu kizayivangamo ngo kije gutabara Ukraine kizahura n'ingaruka…