Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Posts by ShowRwanda Writter

Home » Archives for ShowRwanda Writter » Page 65
About ShowRwanda Writter
ShowRwanda Writter is an editor at showrwanda.com, he covers the entertainment and politics in Rwanda and around the world.
Philippine amashuri yafunguwe nyuma y’imyaka 2 afunze , Perezida adakozwa ibyo kuyafungura kubera icyorezo cya Covid-19
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Philippine amashuri yafunguwe nyuma y’imyaka 2 afunze , Perezida adakozwa ibyo kuyafungura kubera icyorezo cya Covid-19

Kuwa mbere tariki 22 Kanama mu gihugu cya Philippine , nibwo amashuri muri iki gihugu yongeye gufungura imiryango nyuma y'imyaka ibiri afunze bitewe n'icyorezo cya Covid-19 ndetse n'ingamba zo guhangana…
Posted by ShowRwanda Writter August 29, 2022
Meddy , mu gahinda kenshi n’amarira kuri iki cyumweru yashyinguye umubyeyi we (Mama we umubyara)
Posted inIbyamamare Imyidagaduro

Meddy , mu gahinda kenshi n’amarira kuri iki cyumweru yashyinguye umubyeyi we (Mama we umubyara)

Umuhanzi Ngabo Medard uzwi nka Meddy nk'izina ry'ubuhanzi , kuri iki cyumweru tariki 28 Kanama 2022 , nibwo umubyeyi we Cyabukombe Alphonsine yashyinguwe mu cyubahiro asezererwa bwa nyuma mw'irimbi rya…
Posted by ShowRwanda Writter August 29, 2022
Finland : Minisitiri w’intebe Sanna marin byemejweko ntabiyobyabwe anywa nyuma y’ibizamini yapimwe
Posted inMu Mahanga Politiki Udushya

Finland : Minisitiri w’intebe Sanna marin byemejweko ntabiyobyabwe anywa nyuma y’ibizamini yapimwe

Minisitiri w'intebe w'igihugu cya Finland Sanna Marin , byatangajweko nta biyobyabwenge anywa nyuma y'uko akorewe ibizamini by'ubuzima kungirango harebwe koko niba ntabiyobyabwe anywa nyuma ya mashusho yakwirakwijwe abyina mu buryo…
Posted by ShowRwanda Writter August 28, 2022
Rwanda : Abavoka 96 bahagaritswe ku mirimo yabo by’agateganyo kubera amakosa byagaragaye ko bakoze mu kazi kabo
Posted inMu Rwanda

Rwanda : Abavoka 96 bahagaritswe ku mirimo yabo by’agateganyo kubera amakosa byagaragaye ko bakoze mu kazi kabo

Urugaga rw'abavoka mu Rwanda , rwatangaje abavoka bagera kuri 96 bahagaritswe by'agateganyo ku mirimo yabo kubera amakosa atandukanye byagiye bigaragara ko bakoze afite naho ahuriye n'umwuga wabo bakora wa buri…
Posted by ShowRwanda Writter August 28, 2022
Nyiramandwa umukecuru wimyaka 110 , umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame yasuye I nyamagabe
Posted inAmakuru Amateka

Nyiramandwa umukecuru wimyaka 110 , umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame yasuye I nyamagabe

Rachel Nyiramandwa umukecuru w'imyaka 110 , umukuru w'igihugu Perezida Paul Kagame yasuye mu karere ka Nyamagabe , Nyiramandwa akaba ari umukecuru usigaye witwa umukecuru wa Perezida Paul Kagame , bitewe…
Posted by ShowRwanda Writter August 27, 2022
Ku munsi wa Kabiri w’uruzinduko rw’umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame , Mu karere ka Nyamagabe yakiriwe n’ibihumbi 80 by’abaturage [ amafoto]
Posted inAmakuru

Ku munsi wa Kabiri w’uruzinduko rw’umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame , Mu karere ka Nyamagabe yakiriwe n’ibihumbi 80 by’abaturage [ amafoto]

Ku munsi wa Kabiri w'uruzinduko rw'umukuru w'igihugu Perezida Paul Kagame , mu karere ka Nyamagabe Perezida Paul Kagame yakiriwe n'abaturage ba karere ka Nyamagabe basaga ibihumbi 80 bari bamutegerenyije ubwuzu…
Posted by ShowRwanda Writter August 26, 2022
Imran Khan wahoze ari minisitiri w’intebe wa Pakistan , ashobora gufungwa imyaka myinshi , kubera ibyaha by’iterabwoba ashinjwa
Posted inMu Mahanga Politiki

Imran Khan wahoze ari minisitiri w’intebe wa Pakistan , ashobora gufungwa imyaka myinshi , kubera ibyaha by’iterabwoba ashinjwa

Imran Khan , umugabo w'imyaka 69 wahoze ari minisitiri w'igihugu cya Pakistan kuri ubu ari mu mazi abiri aho ashobora gufungwa imyaka myinshi kubera ibyaha bishya ashinjwa byo gutera ubwo…
Posted by ShowRwanda Writter August 26, 2022
“Akarere ka ruhango umwenda mbarimo ndahuzirikana , ntabwo ntashoboye kuwishyura wose” Perezida Paul Kagame mu karere ka Ruhango
Posted inAmakuru Mu Rwanda Politiki

“Akarere ka ruhango umwenda mbarimo ndahuzirikana , ntabwo ntashoboye kuwishyura wose” Perezida Paul Kagame mu karere ka Ruhango

Mu ruzinduko rwa kazi rw'iminsi 4 , umukuru w'igihugu Perezida Paul Kagame yatangiye mu ntara y'amajyepfo no mu ntara y'uburengerazuba , Perezida Paul Kagame yasezeranyije abaturage ba karere ka Ruhango…
Posted by ShowRwanda Writter August 26, 2022
China – Africa : Ubushinwa bwongeye gusonera inguzanyo zigera kuri 23 , ibihugu bya Africa bigera kuri 17
Posted inMu Mahanga Politiki

China – Africa : Ubushinwa bwongeye gusonera inguzanyo zigera kuri 23 , ibihugu bya Africa bigera kuri 17

Igihugu cy'ubushinwa cya kuriyeho ibihugu bya Africa bigera kuri 17 inguzanyo zigera kuri 23 zakagombye kuba zaramaze kwishyurwa mu mwaka wa 2021 , inguzanyo ubushinwa bwahaye ibi bihugu kugirango zikoreshwe…
Posted by ShowRwanda Writter August 25, 2022
Umukecuru mu gihugu cya Australia yishimiye gutabwa muri yombi akajyanwa gufungwa, nyuma yo kugira isabukuru y’imyaka 100
Posted inAmakuru Mu Mahanga Udushya

Umukecuru mu gihugu cya Australia yishimiye gutabwa muri yombi akajyanwa gufungwa, nyuma yo kugira isabukuru y’imyaka 100

Jean Bickenton , Umukecuru w'umunya-Australia wagize isabukuru y'imyaka 100 y'amavugo yishimiye uburyo Police y'iki gihugu cya Australia yamutunguye ikamuta muri yombi kw'isabukuru ye y'amavuko nkuko yari yabyifuje mbere y'uko yizihiza…
Posted by ShowRwanda Writter August 24, 2022

Posts pagination

Previous page 1 … 63 64 65 66 67 … 109 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top