Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Urubanza rwaburanishirizwaga mu rukiko rw'ubujurire rwari rumaze hafi ukwezi kumwe ruburanishwa kuva tariki 20 Mutarama 2022 aho abacamanza b'urukiko rw'ubujurire bumvaga ubushinjacyaha , bwari bwareze bujuririra imyanzuru y'urukiko rukuru kubihano…
Umufaransa Sandy Dujardin ukinira ikipe ya TeamTotal energies yo mu bufaransa niwe wegukanye agace ka kabiri ka TdRwanda22 , Geniez Alexandre ukinira ikipe ya Team Total energies akomeza kwambara umwenda w’umuhondo nk’umukinnyi wa mbere uyoboye abandi muri TdRwanda22

Umufaransa Sandy Dujardin ukinira ikipe ya TeamTotal energies yo mu bufaransa niwe wegukanye agace ka kabiri ka TdRwanda22 , Geniez Alexandre ukinira ikipe ya Team Total energies akomeza kwambara umwenda w’umuhondo nk’umukinnyi wa mbere uyoboye abandi muri TdRwanda22

Irushanwa rya TdRwanda22 ryo ngeye kuba nyuma y'imyaka 2 riba nta mufana cyangwa abakunzi b'amagare bagaragara ku mihanda itandukanye aho Tour de Rwanda igenda inyura , TdRwanda22 n'irushanwa kuri ubu…
Abaturage bo mu karere ka Burera basigaye batinya gutanga amakuru y’abacuruza b’ibiyobyabwenge bazwi nk’abarembetsi kuberako iyo b’abatanze babicira amatungo nk’inka , ihene nk’uburyo bwo kubihimuraho

Abaturage bo mu karere ka Burera basigaye batinya gutanga amakuru y’abacuruza b’ibiyobyabwenge bazwi nk’abarembetsi kuberako iyo b’abatanze babicira amatungo nk’inka , ihene nk’uburyo bwo kubihimuraho

Muri iki gihe ikibazo cy'ibiyobyabwenge na magendu gikomeje kugaragazwa nk'ikibazo gihangayikishije rubanda nyamwinshi , hari Abaturage bo mu karere ka Burera basigaye batinya gutanga amakuru y'abakwirakwiza baka nacuruza ibiyobyabwenge muri…