Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Repabulika iharanira demokarasi ya Congo

Home ยป Repabulika iharanira demokarasi ya Congo
America : Urukiko rwatejeje agaciro ikirego cyaregwagamo ibigo nka Apple , Tesla , Microsoft na Google ku mubaye y’agaciro ya Congo
Posted inIkoranabuhanga Mu Mahanga

America : Urukiko rwatejeje agaciro ikirego cyaregwagamo ibigo nka Apple , Tesla , Microsoft na Google ku mubaye y’agaciro ya Congo

Urukiko muri leta zunze ubumwe za America , rwatejeje agaciro ikirego cyarezwemo ibigo binini mu by'ikoranabuhanga (technology) mu kugira uruhare mwikoreshwa ry'abana mu gucukura amabuye y'agaciro ya Cobalt muri Repabulika…
Posted by ShowRwanda Writter March 8, 2024
Felix Tshisekedi yemeye guhura na mugenzi we Perezida Paul Kagame
Posted inAmakuru Politiki

Felix Tshisekedi yemeye guhura na mugenzi we Perezida Paul Kagame

Nkuko byatangajwe n'igihugu cya Repabulika iharanira demokarasi ya Congo , nyuma y'uko Perezida Felix Tshisekedi agiranye ibiganiro byo mu muhezo hafi amasaha atatu na Perezida wa Angola Lourenco Joao ,…
Posted by ShowRwanda Writter February 29, 2024
Perezida Salva Kiir wa Sudan y’epfo ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda , U Burundi ndetse na RDC
Posted inAmakuru

Perezida Salva Kiir wa Sudan y’epfo ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda , U Burundi ndetse na RDC

Umukuru w'igihugu cya Sudan y'epfo , Perezida Salva Kiir , akaba n'umuyobozi mukuru w'umuryango w'ibihugu bigize umuryango wa Africa y'iburasirazuba , EAC , kuri ubu akomeje kugirira uruzinduko rwe rw'akazi…
Posted by ShowRwanda Writter February 23, 2024
Africa y’epfo yemeje urupfu rw’abasirikare babiri bayo muri Congo
Posted inAmakuru

Africa y’epfo yemeje urupfu rw’abasirikare babiri bayo muri Congo

Igisirikare cya Africa y'epfo cyemeje urupfu rw'abasirikare babiri bacyo bapfuye baguye mu gihugu cya Repabulika iharanira demokarasi ya Congo mu butumwa barimo bw'umuryango wa SADC bwo gufasha igisirikare cya Congo…
Posted by ShowRwanda Writter February 16, 2024
Africa y’epfo yemeje abasirikare 2900 bagiye koherezwa mu burasirazuba bwa Congo
Posted inAmakuru

Africa y’epfo yemeje abasirikare 2900 bagiye koherezwa mu burasirazuba bwa Congo

Igihugu cya Africa y'epfo cyemejeko kigiye kongera abasirikare ibihumbi 2900 , mu burasirazuba bwa Repabulika iharanira demokarasi ya Congo mu butumwa bw'umuryango wa SADC bwo gufasha igisirikare cya FARDC guhangana…
Posted by ShowRwanda Writter February 15, 2024
Rayon Sports yatandukanye n’umunyecongo Heritier Nzinga Luvumbu
Posted inBreaking News Imikino

Rayon Sports yatandukanye n’umunyecongo Heritier Nzinga Luvumbu

Ikipe ya Rayon Sports yo mu kiciro cya mbere cya shampiyona y'u Rwanda , Nation Primus League , yatangajeko yatandukanye n'umukinnyi Heritier Nzinga Luvumbu ukomoka mu gihugu cya Congo ku…
Posted by ShowRwanda Writter February 14, 2024
M23 yaburiye ingabo za Tanzania ziri mu butumwa bwa SADC muri Congo
Posted inAmakuru Politiki

M23 yaburiye ingabo za Tanzania ziri mu butumwa bwa SADC muri Congo

Umutwe wa M23 , ukomeje guhangana n'igisirikare cya Repabulika iharanira demokarasi ya Congo (FARDC) mu burasirazuba bw'iki gihugu cya Congo , waburiye ingabo z'igihugu cya Tanzania (TPDF) ziri mu butumwa…
Posted by ShowRwanda Writter February 5, 2024
Perezida Ndayishimiye yunze murya Tshisekedi avugako azatanga umusanzu mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda , ibitashoboka
Posted inAmakuru Featured Politiki

Perezida Ndayishimiye yunze murya Tshisekedi avugako azatanga umusanzu mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda , ibitashoboka

Perezida Evariste Ndayishimiye w'igihugu cy'uburundi , ubwo yarari muri Repabulika iharanira demokarasi ya Congo yunze mu rya mugenzi we Perezida Felix Tshisekedi w'iki gihugu cya Congo , avugako yiteguye gutanga…
Posted by ShowRwanda Writter January 22, 2024
RDC : Felix Tshisekedi yarahiriye kuyobora Repabulika iharanira demokarasi ya Congo muri mpanda ye ya kabiri
Posted inPolitiki

RDC : Felix Tshisekedi yarahiriye kuyobora Repabulika iharanira demokarasi ya Congo muri mpanda ye ya kabiri

Mu gihugu cya Repabulika iharanira demokarasi ya Congo , Perezida Felix Tshisekedi uherutse kwegukana mpanda ye ya kabiri mu matora y'umukuru w'igihugu yabaye tariki 20 Ukuboza 2023 , yarahiriye mpanda…
Posted by ShowRwanda Writter January 21, 2024
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top