Perezida , Macky Sall yageze mu Rwanda mu ruzinduko rwe rw’akazi arimo gukorera mu bihugu bya EAC
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru , tariki 16 Nyakanga 2023 , nibwo Perezida w'igihugu cya Senegal , Perezida Macky Sall yageze mu Rwanda mu ruzinduko rwe rw'akazi aho biteganyijweko…









