U Rwanda rwamaganye ibirego bya mahanga birushinja gufasha umutwe wa M23 , mu kuyobya uburari k’umuzi w’ikibazo cy’imitwe yitwaje intwaro muri Congo
Goverinoma y'u Rwanda yongeye kwamagana ibirego bya mahanga birushinja gufasha umutwe wa M23 , ivugako ib'ibirego ntashingiro bifite ahubwo ko bigamije kuyobya uburari kumpamvu nyakuri z'umuzi w'ikibazo cy'umutekano muke ukomeje…









