Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

South Africa

Home ยป South Africa
Umunyarwanda wari utunze agatubutse , Rujugiro Ayabatwa , yitabye Imana
Posted inAmakuru Mu Rwanda

Umunyarwanda wari utunze agatubutse , Rujugiro Ayabatwa , yitabye Imana

Umunyarwanda wabarirwaga mu banyafrica batunze agatubutse , Rujugiro Ayabatwa Tribert , yitabye Imana , ku myaka 82 y'amavuko aguye muri leta zunze ubumwe z'Abarabu , inkuru y'urupfu rwe ikaba yaramenyekanye…
Posted by ShowRwanda Writter April 18, 2024
Ambassaderi w’u Rwanda muri Africa y’epfo yiyemeje kuzahura umubano w’ibihugu byombi
Posted inAmakuru Politiki

Ambassaderi w’u Rwanda muri Africa y’epfo yiyemeje kuzahura umubano w’ibihugu byombi

Ambassaderi w'u Rwanda mu gihugu cya Africa y'epfo , Hategeka Emmanuel , yiyemeje kongera kuzahura umubano w'igihugu cya Africa y'epfo ndetse n'u Rwanda , nyuma y'uko muri iki gihe ibihugu…
Posted by ShowRwanda Writter April 11, 2024
Afurika y’epfo : Umwana w’imyaka 8 yarokotse impanuka yahitanye abantu 45
Posted inAmakuru Featured Udushya

Afurika y’epfo : Umwana w’imyaka 8 yarokotse impanuka yahitanye abantu 45

Afurika y'epfo umwana w'umukobwa w'imyaka umunani yarokotse impanuka , nyuma yuko bisi yari itwaye abantu ikoze impanuka ubundi igahitana abantu 45 , mugihe harokotse uy'umwana w'umukobwa umwe gusa w'imyaka 8.…
Posted by ShowRwanda Writter March 29, 2024
Africa y’epfo : Oscar Pistorius wamamaye mu mukino wo kwiruka yarekuwe nyuma y’imyaka 9 afunze
Posted inIbyamamare Imikino

Africa y’epfo : Oscar Pistorius wamamaye mu mukino wo kwiruka yarekuwe nyuma y’imyaka 9 afunze

Icyamamare , Oscar Pistorius , umunya-Africa y'epfo wamamaye mu mikino ngororamubiri y'abafite ubumuga (umukino wo kwiruka) yafunguwe by'agatenganyo nyuma y'imyaka 9 afunze , azira kwica umugore we Reeva Steenkamp ,…
Posted by ShowRwanda Writter January 5, 2024
Africa y’epfo yasabye urukiko rwa ICC guta muri yombi Benjamin Netanyahu
Posted inMu Mahanga Politiki

Africa y’epfo yasabye urukiko rwa ICC guta muri yombi Benjamin Netanyahu

Igihugu cya Africa y'epfo cyasabye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa (ICC/CPI) kuba rwasohora urupapuro ruta muri yombi minisitiri w'intebe w'igihugu cya Israel , Benjamin Netanyahu , kubera ibyaha by'intambara ingabo za…
Posted by ShowRwanda Writter November 22, 2023
Nyuma y’imyaka n’imyaniko amavubi yongeye kubona itsinzi imbere ya Africa y’epfo
Posted inImikino

Nyuma y’imyaka n’imyaniko amavubi yongeye kubona itsinzi imbere ya Africa y’epfo

Nyuma y'igihe kinini ikipe y'igihugu (Amavubi) yongeye kubona itsinzi imbere y'igihugu cya Africa y'epfo mu mikino yo gushaka itike y'igikombe cy'isi kizaba mu mwaka wa 2026 , nyuma y'uko ishoboye…
Posted by ShowRwanda Writter November 22, 2023
Brics : Perezida Vladimir Putin ntazitabira inama y’ibihugu bigize umuryango wa Brics
Posted inMu Mahanga Politiki

Brics : Perezida Vladimir Putin ntazitabira inama y’ibihugu bigize umuryango wa Brics

Ibiro by'umukuru w'igihungu cy'uburusiya , Kremlin , byatangajeko Perezida Vladimir Putin atazitabira inama y'ibihugu bigize umuryango wa Brics , iteganyijwe kubera mu gihugu cya Africa y'epfo ubundi bitangazako azahagararirwa na…
Posted by ShowRwanda Writter July 19, 2023
Africa y’epfo : Perezida Putin ntazatabwa muri yombi kuko sarusha ibyaha Abanyamerica na Abanyaburayi
Posted inMu Mahanga Politiki

Africa y’epfo : Perezida Putin ntazatabwa muri yombi kuko sarusha ibyaha Abanyamerica na Abanyaburayi

Igihugu cya Africa y'epfo cyongeye gutakanga gasopo ku bihugu byo mu burengerazuba bw'isi bikomeje kugisabako cyazata muri yombi Perezida Vladimir Putin ubwo azaba ageze muri ik'igihugu , nyuma y'uko urukiko…
Posted by ShowRwanda Writter May 25, 2023
Ukraine-Russia : Africa y’epfo yikomemye leta zunze ubumwe za America kubera ibirego byayo
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Ukraine-Russia : Africa y’epfo yikomemye leta zunze ubumwe za America kubera ibirego byayo

Ibiro bya Perezida wa Africa y'epfo , Cyril Ramaphosa , byatangajeko byabababajwe n'ibyatangajwe na America y'uko igihugu cya Africa y'epfo cyagurishije intwaro igihugu cy'uburusiya , ubundi gisabako America yatanga gihamya…
Posted by ShowRwanda Writter May 13, 2023
Africa y’epfo : Perezida Cyril Ramaphosa yarusimbutse , nyuma y’uko akomeje gushyirwaho igitutu ngo yeguzwe
Posted inMu Mahanga Politiki

Africa y’epfo : Perezida Cyril Ramaphosa yarusimbutse , nyuma y’uko akomeje gushyirwaho igitutu ngo yeguzwe

Perezida Cyril Rampophosa yongeye kugirirwa ikizere cyo gukomeza kuyobora igihugu cya Africa y'epfo nyuma y'uko abadepite abenshi biganje mwishyaka riri k'ubutegetsi batoye bemezako agomba gukomeza kugirirwa ikizere cyo gukomeza kuyobora…
Posted by ShowRwanda Writter December 15, 2022

Posts pagination

1 2 3 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top