Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Politiki

Home » Politiki » Page 18
Imyigaragambyo y’abamagana ingabo za Monusco mu mujyi wa Goma , ikomeje gufata intera muri iki gihugu cya  Congo
Posted inAmakuru Politiki

Imyigaragambyo y’abamagana ingabo za Monusco mu mujyi wa Goma , ikomeje gufata intera muri iki gihugu cya Congo

Nyuma yuko kuri uyu wa mbere tariki 25 Nyakanga 2022 , mu mujyi wa Goma muri Repabulika iharanira demokarasi ya Congo hadutse imyigarambyo yamagana ingabo za Monusco ziri mubutumwa bw'amahoro…
Posted by ShowRwanda Writter July 26, 2022
America : Police yataye muri yombi abadepite 17 bari mu myigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’urukiko kibuza abakobwa gukuramo inda
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

America : Police yataye muri yombi abadepite 17 bari mu myigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’urukiko kibuza abakobwa gukuramo inda

Muri leta zunze ubumwe za America kuri ubu hakomeje kubera imyigarambyo yamagana itegeko ryatowe na sena y'iki gihugu ribuza uburenganzira busesuye umunya-America kazi kuba yakuramo inda ndetse iy'imyigarambyo ikaba ikomeje…
Posted by ShowRwanda Writter July 25, 2022
Igisirikare cy’ubwongereza cyashyizeho itegeko ribuza abasirikare gukora imibonano mpuzabitsina n’indaya mu mahanga
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Igisirikare cy’ubwongereza cyashyizeho itegeko ribuza abasirikare gukora imibonano mpuzabitsina n’indaya mu mahanga

Ingabo z'igihugu cy'ubwongereza zashyiriweho itegeko rishya ribuza buri musirikare wese w'ubwongereza gukorana imibonano mpuzabitsina n'indaya mu mahanga mugihe zajyiye mu butumwa bw'akazi , ir'itegeko kandi leta y'ubwongereza ikaba yarishyizeho mu…
Posted by ShowRwanda Writter July 20, 2022
“ni amahitamo y’abanyarwanda , abanyarwanda bashobora kuvugako bashaka umuyobozi mushya ntabyemera , ariko na bavuzeko bashaka kuyoborwa n’uhusanzwe nabyo ntabyemera” – Paul Kagame
Posted inAmakuru Politiki

“ni amahitamo y’abanyarwanda , abanyarwanda bashobora kuvugako bashaka umuyobozi mushya ntabyemera , ariko na bavuzeko bashaka kuyoborwa n’uhusanzwe nabyo ntabyemera” – Paul Kagame

Umukuru w'igihugu Perezida Paul Kagame yongeye kuntenga ibihugu by'amahanga bihora bishaka ko abanyarwanda bagendera ku murongo wa demokarasi wabyo kandi naho ari umurongo ugaragaramo ibibazo byinshi , maze bakirengagiza amahitamo…
Posted by ShowRwanda Writter July 10, 2022
Minisitiri Boris Johnson yeguye ku nshingano zo kuba umuyobozi w’ishyaka rye , Conservative party
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Minisitiri Boris Johnson yeguye ku nshingano zo kuba umuyobozi w’ishyaka rye , Conservative party

Minisitiri w'intebe w'igihugu cy'ubwongereza , Boris Johnson yatangajeko yeguye ku mwanya wo kuba umuyobozi w'ishyaka rye rya Conservative party ariko yemezako azakomeza kuba minisitiri w'intebe w'ubwongereza kugeza igihe hazashyirirwaho umusimbura.…
Posted by ShowRwanda Writter July 8, 2022
Abasirikare igihumbi (1,000) ba FARDC bamanitse amaboko maze bata ibikoresho bariruka mu mirwano ikomeje kubahanganisha na M23
Posted inPolitiki

Abasirikare igihumbi (1,000) ba FARDC bamanitse amaboko maze bata ibikoresho bariruka mu mirwano ikomeje kubahanganisha na M23

Mu burasirazuba bw'igihugu cya Congo muri Teritwari ya Rutnshuru hakomeje kubera imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n'igisirikare cya Congo FARDC , muri iy'imirwano abasirikare ba FARDC (1,000 ) bongeye gukizwa…
Posted by ShowRwanda Writter July 7, 2022
Perezida Paul Kagame na Perezida Felix Tnhisekedi bagiye guhurira I Luanda mu gihugu cya Angola
Posted inAmakuru Politiki

Perezida Paul Kagame na Perezida Felix Tnhisekedi bagiye guhurira I Luanda mu gihugu cya Angola

Perezida Paul Kagame ndetse na Perezida Felix Tnhisekedi bagiye guhurira mu mujyi wa Luanda mu gihugu cya Angola mu biganiro byo gushaka igisubizo k'ibibazo by'intambara bikomeje gufata intera mu burasirazuba…
Posted by ShowRwanda Writter July 6, 2022
Umuryango wa CEDEAO wakuyeho ibihano wari warafatiye igihugu cya Mali , nyuma yuko igisirikare gihiritse ubutegetsi
Posted inAmakuru Politiki

Umuryango wa CEDEAO wakuyeho ibihano wari warafatiye igihugu cya Mali , nyuma yuko igisirikare gihiritse ubutegetsi

Umuryango uhuza ibihugu byo mu burengerazuba bwa Africa CEDEAO wakuyeho ibihano wari warafatiye igihugu cya Mali , nyuma yihirikwa ry'ubutegetsi ryakozwe muri iki gihugu rikozwe n'igisirikare arinacyo kuri ubu kiyoboye…
Posted by ShowRwanda Writter July 5, 2022
Ambasaderi Claver gatete yongeye kwamagana ibirego by’ibinyoma DR Congo ikomeje gushinja U Rwanda
Posted inAmakuru Politiki

Ambasaderi Claver gatete yongeye kwamagana ibirego by’ibinyoma DR Congo ikomeje gushinja U Rwanda

Kuri uyu wa gatatu tariki 29 Kanama 2022 , mu nama ya UN Security council yateranye yiga ku bibazo bya politike n'umutekano muke bikomeje kugaragara mu gihugu cya Repabulika iharanira…
Posted by ShowRwanda Writter July 2, 2022
Koreya ya Ruguru – Mu kwibuka Intambara ya Koreya ku nshuro ya 72 Biyemeje kwihorera kuri Amerika kubera uruhare rukomeye yayigizemo
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Koreya ya Ruguru – Mu kwibuka Intambara ya Koreya ku nshuro ya 72 Biyemeje kwihorera kuri Amerika kubera uruhare rukomeye yayigizemo

Kuri uyu wa gatandatu muri Koreya y'amajyaruguru ubwo hizihizaga imyaka 72 intambara ya Koreya itangiye, leta y'iki gihugu yatangaje ko Koreya y'amajyepfo ifatanyije na Leta zunze ubumwe za Amerika bari…
Posted by Staff Writter June 26, 2022

Posts pagination

Previous page 1 … 16 17 18 19 20 … 29 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top