U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994
Perezida wa Repabulika y'u Rwanda , nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga icyumweru n'iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ku nshuro ya 28 , Perezida Paul Kagame yavuzeko…









