U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994

U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Perezida wa Repabulika y'u Rwanda , nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga icyumweru n'iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ku nshuro ya 28 , Perezida Paul Kagame yavuzeko…
Abagera ku bihumbi umunani baturutse mu bihugu 54 byo kw’isi bagiye guhurira I Kigali mu Rwanda mu nama ya CHOGM , inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza izaba mu kwezi kwa Kamena igateranira mu Rwanda

Abagera ku bihumbi umunani baturutse mu bihugu 54 byo kw’isi bagiye guhurira I Kigali mu Rwanda mu nama ya CHOGM , inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza izaba mu kwezi kwa Kamena igateranira mu Rwanda

Ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bwagaragarije inteko y'abaturage ko bugeze kure bwitegura kwakira inama ya CHOGM2022 ihuza abakuru b'ibihugu naza goverinoma z'umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza CHOGM Meeting 2022 . Iy'inama…
Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza

Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza

Nsabimana uzwi nka Sankara ukurikiranweho ibyaha by'iterabwoba byakozwe n'imitwe y'iterabwoba mu Rwanda mu ntara y'amajyaruguru , uburanishirizwa hamwe na Paul Rusesabagina urukiko rukuru rw'ubujurire rwamugababyirije igihano rugikura ku myaka 20…
Umushumba wa kiriziya kw’isi Pope Francis byatangajweko azasura igihugu cya DR Congo n’igihugu cya cya Sudan y’epfo mu kwezi kwa karindwi , Pope akaba azaza mu gihugu cya DR Congo k’ubutumire bwa Perezida Felix Tshiseked nkuko byatangajwe na Minisitiri w’intebe wiki gihugu cya DR Congo

Umushumba wa kiriziya kw’isi Pope Francis byatangajweko azasura igihugu cya DR Congo n’igihugu cya cya Sudan y’epfo mu kwezi kwa karindwi , Pope akaba azaza mu gihugu cya DR Congo k’ubutumire bwa Perezida Felix Tshiseked nkuko byatangajwe na Minisitiri w’intebe wiki gihugu cya DR Congo

Umushumba wa kiriziya kw'isi Pope Francis biteganyijweko azasura igihugu cya DR Congo n'igihugu cya Sudan y'epfo mu kwezi kwa karindwi nkuko byemejwe n'abamuhagarariye , Pope Francis akaba azasura imigi irimo…
Nyuma y’imyaka 2 Inama ya CHOGM2020 isubikwa , iy’inama igiye kongera kubera mu Rwanda nkuko byari byemejwe mu mwaka 2020 ikagenda isubikwa kubera icyorezo cya Covid-19 , CHOGM ikaba iteganyijwe muri Kamena uy’umwaka 2022

Nyuma y’imyaka 2 Inama ya CHOGM2020 isubikwa , iy’inama igiye kongera kubera mu Rwanda nkuko byari byemejwe mu mwaka 2020 ikagenda isubikwa kubera icyorezo cya Covid-19 , CHOGM ikaba iteganyijwe muri Kamena uy’umwaka 2022

Igihugu cy'u Rwanda mu rwego rwo kwitegura kwakira inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw'icyongereza CHOGM2020 (Commonwealth heads of Government Meeting) iteganyijwe kuba mu kwezi kwa Kamena uy'umwaka wa 2022 ,…
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Urubanza rwaburanishirizwaga mu rukiko rw'ubujurire rwari rumaze hafi ukwezi kumwe ruburanishwa kuva tariki 20 Mutarama 2022 aho abacamanza b'urukiko rw'ubujurire bumvaga ubushinjacyaha , bwari bwareze bujuririra imyanzuru y'urukiko rukuru kubihano…