Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Posts by ShowRwanda Writter

Home » Archives for ShowRwanda Writter » Page 95
About ShowRwanda Writter
ShowRwanda Writter is an editor at showrwanda.com, he covers the entertainment and politics in Rwanda and around the world.
Samuel Eto’o yagizwe perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru muri Cameroon , nyuma yogutwa cameroon mu gikombe cy’isi
Posted inIbyamamare Imikino

Samuel Eto’o yagizwe perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru muri Cameroon , nyuma yogutwa cameroon mu gikombe cy’isi

Umukinnyi Samuel Eto'o wakiniye amakipe atandukanye ku mugabane w'iburayi akana kinira Cameroon , Samuel Eto'o nyuma yo guhagarika umupira wa maguru akiyamamariza kuyobora ishyirahamwe ry'umupira wa maguru muri Cameroon yamaze…
Posted by ShowRwanda Writter December 13, 2021
“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya
Posted inMu Mahanga Politiki

“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya

Igihugu cya Libya nyuma y'imyaka 10 ishize hishwe Col. Muammar Gaddafi , cyikarangwamo intambara zidashira gishobora kuba kigiye gucungurwa na Saif al-Islam Gaddafi umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi. Ni ikibazo…
Posted by ShowRwanda Writter December 12, 2021
U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy’impunzi ziturutse muri Libya zigera ku 176
Posted inAmakuru

U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy’impunzi ziturutse muri Libya zigera ku 176

U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy'impunzi 176 zo muri Libya , zari zimaze igihe kinini zibayeho nabi zicwa n'inzara nindi mibereho itari myiza nyuma yo kuhagera zishaka ubuhungiro ku…
Posted by ShowRwanda Writter December 11, 2021
FC Barcelona nyuma y’imyaka 17 yongeye gukina urushanwa rya Europa League , Iheruka gukina Messi ataratangira kuyikunira
Posted inImikino Udushya

FC Barcelona nyuma y’imyaka 17 yongeye gukina urushanwa rya Europa League , Iheruka gukina Messi ataratangira kuyikunira

Ikipe ya FC Barcelona yo mugihugu cyo muri Esupanye yongeye kwisanga igiye gukina irushanwa rifatwa nkirya kabiri nyuma ya Champions league ariryo Europa League , iy'ikipe ya FC Barcelona yaherukaga…
Posted by ShowRwanda Writter December 10, 2021
Nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kigaruriye ibice inyeshyamba za TPLF zari zarigaruriye , minisitiri Abiy Ahmed yasubiye Mubiro bye
Posted inMu Mahanga Politiki

Nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kigaruriye ibice inyeshyamba za TPLF zari zarigaruriye , minisitiri Abiy Ahmed yasubiye Mubiro bye

Mu gihugu cya Ethiopia , inyeshyamba za TPLF zikomeje gutera intambwe isubira inyuma nyuma yuko Abiy Ahmed agiye kwiyoborera urugamba , leta ya Ethiopia ikaba yatangajeko hari ibice bindi igisirikare…
Posted by ShowRwanda Writter December 10, 2021
Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Umugaba mukuru w’ingabo z’igisirikare cy’ubuhinde Gen Bipin Rawat n’umugore we n’abandi bantu 11 , bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu

Umugaba mukuru w'ingabo z'igisirikare cy'ubuhinde Gen Bipin Rawat n'umugore we n'abandi bantu 11 baguye (gupfa) mu mpanuka y'indege ya kajugujugu yabereye mu gace ka Tamil Nadu mu majyepfo yiki gihugu…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Intambara hagati ya Perezida Joe Biden na Perezida Vladimir Putin ikomeje gufata indi ntera , ku kibazo cya Ukraine n’uburusiya
Posted inMu Mahanga Politiki

Intambara hagati ya Perezida Joe Biden na Perezida Vladimir Putin ikomeje gufata indi ntera , ku kibazo cya Ukraine n’uburusiya

Perezida wa leta zunze ubumwe za America Joe Biden mu Inama yagiranye na Perezida w'uburusiya Vladimir Putin , yari inama y'umuriro doreko ntawasekaga cyangwa ngo bacishemo baganire , iy'inama ikaba…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Ikarita 3 z’umutuku , ikarita 3 z’umuhondo , penaliti , umukino wa mbere muri Champions league wa bayemo intambara y’abakinnyi
Posted inImikino

Ikarita 3 z’umutuku , ikarita 3 z’umuhondo , penaliti , umukino wa mbere muri Champions league wa bayemo intambara y’abakinnyi

Umukino wa nyuma wo mu matsinda wahuzaga ikipe ya FC Porto yo muri portugal na Atletico Madrid yo muri Esupanye ni umukino waranzwemo amahane hagati y'abakinnyi b'impande zombi gusa birangira…
Posted by ShowRwanda Writter December 8, 2021
Yavuzeko U Rwanda rwarengeje intego y’umuryango wa bibumbye mu gukingira covid-19, aho hamaze gukingirwa 100% muri Kigali , Minisitiri Dr Edouard Ngirente
Posted inAmakuru Covid-19

Yavuzeko U Rwanda rwarengeje intego y’umuryango wa bibumbye mu gukingira covid-19, aho hamaze gukingirwa 100% muri Kigali , Minisitiri Dr Edouard Ngirente

Minisitiri Dr Edouard Ngirente , avugako u Rwanda rwarengeje intego y'umuryango wa bibumbye yo gukingira icyorezo cya Covid-19 byumwihariko mu mugi wa Kigali aho u Rwanda rumaze ngukingira 100% abahatuye…
Posted by ShowRwanda Writter December 7, 2021
Rihanna yagizwe intwari y’igihugu cya Barbados , Igihugu gishya cyakuyeho umwamikazi Queen Elizabeth
Posted inIbyamamare Mu Mahanga

Rihanna yagizwe intwari y’igihugu cya Barbados , Igihugu gishya cyakuyeho umwamikazi Queen Elizabeth

Umuhanzikazi w'umunya-america Rihanna ukora umuziki nk'umwuga , nyuma yuko igihugu cya Barbados kibonye ubwingenge kigakuraho umwamikazi Queen Elizabeth kikaba igihugu kigenga, Rihanna Iki gihugu cya yise kimugira intwari y'igihugu cya…
Posted by ShowRwanda Writter December 5, 2021

Posts pagination

Previous page 1 … 93 94 95 96 97 … 109 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top