Posted inAmakuru
U Rwanda rwanenze imyitwarire ya leta zunze ubumwe za America mu kibazo cy’umutwe wa M23 na leta ya Congo.
Umuvugizi w'u Rwanda Yolande Makolo yavuzeko ibyatangajwe na komisiyo ishinzwe ububanyinamahanga muri sena ya leta zunze ubumwe za America bishobora kongera ubukana bw'ikibazo cy'umwuka mubi kiri hagati y'igihugu cya DR…









