Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Posts by ShowRwanda Writter

Home » Archives for ShowRwanda Writter » Page 69
About ShowRwanda Writter
ShowRwanda Writter is an editor at showrwanda.com, he covers the entertainment and politics in Rwanda and around the world.
” Rusasebagina afunzwe bikurikije amategeko mpuzamahanga na y’u Rwanda ” , uruzinduko rwa Antony Blinken mu Rwanda
Posted inAmakuru Politiki

” Rusasebagina afunzwe bikurikije amategeko mpuzamahanga na y’u Rwanda ” , uruzinduko rwa Antony Blinken mu Rwanda

Goverinoma y'u Rwanda yasohoye itangazo rimenyeshako yiteguye kwakira umunyamabanga wa leta zunze ubumwe za America , mu ruzinduko rwe rwa kazi yitegura kugirira mu Rwanda aho azagera mu Rwanda avuye…
Posted by ShowRwanda Writter August 6, 2022
U Rwanda , ntirwibaza impamvu America yica ibyihebe nka Zawahiri , ikarengaho igasaba U Rwanda gufungura ibyihebe nka Rusesabagina
Posted inAmakuru Politiki

U Rwanda , ntirwibaza impamvu America yica ibyihebe nka Zawahiri , ikarengaho igasaba U Rwanda gufungura ibyihebe nka Rusesabagina

Mu minsi ishize nibwo Perezida wa leta zunze ubumwe za America Joe Biden yigambye ku mugararo ko America yivuganye (yishe) umugabo wari uyoboye umutwe wa Al Qaeda , Ayman Al…
Posted by ShowRwanda Writter August 5, 2022
Erik Ten Hag ntiyishimiye imyitwarire ya Cristiano Ronaldo n’abandi bakinnyi bavuye Old Trafford umukino wa ginshuti utarangiye
Posted inImikino

Erik Ten Hag ntiyishimiye imyitwarire ya Cristiano Ronaldo n’abandi bakinnyi bavuye Old Trafford umukino wa ginshuti utarangiye

Umutoza Erik Ten Hag wa Manchester united , agaruka ku nkuru za sohotse ku cyumweru zavugako umukinnyi Cristiano Ronaldo ndetse n'abandi bakinnyi barimo Diego Dalot bavuye ku kibuga cya Old…
Posted by ShowRwanda Writter August 4, 2022
” Leta ntago ikora ubucuruzi n’ibisa nkabwo ” ibigo bya leta bigomba kwegurirwa abikorera – Perezida Paul Kagame
Posted inAmakuru Mu Rwanda

” Leta ntago ikora ubucuruzi n’ibisa nkabwo ” ibigo bya leta bigomba kwegurirwa abikorera – Perezida Paul Kagame

Kuri uyu wa kabiri tariki 2 Kanama 2022 , Umukuru w'igihugu nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro za ba Minisitiri bashya bashyizwe munshingano nshya harimo na minisitiri wa minisiteri nshya…
Posted by ShowRwanda Writter August 4, 2022
The Ben akigera mu Rwanda , yavuzeko ko akumbuye umukunzi we Pamela , umukobwa yambitse impeta mu mwaka wa 2021 [amafoto]
Posted inBreaking News Ibyamamare

The Ben akigera mu Rwanda , yavuzeko ko akumbuye umukunzi we Pamela , umukobwa yambitse impeta mu mwaka wa 2021 [amafoto]

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben , ugiye gukorera igitaramo mu Rwanda kizabera muri BK Arena , nyuma yo kugaruka mu Rwanda yavuzeko hari abantu babiri bingenzi kuri we…
Posted by ShowRwanda Writter August 3, 2022
Intambara ishobora kuvuka hagati ya America n’ubushinwa , nyuma y’uruzinduko Nancy Pelosi yagiriye ku kirwa cya Taiwan
Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki

Intambara ishobora kuvuka hagati ya America n’ubushinwa , nyuma y’uruzinduko Nancy Pelosi yagiriye ku kirwa cya Taiwan

Nyuma y'uko ubushinwa buburiye igihugu cya leta zunze ubumwe za America , kuzirengera ingaruka zizabaho ubwo umukuru w'inteko nshingamategeko ya America Madam Nancy Pelosi azaba asuye ikirwa cya Taiwan ,…
Posted by ShowRwanda Writter August 3, 2022
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buvugako hari icyuho cya Bus 500 , kugirango habashe gukemuka ikibazo kimirongo y’abantu bategereza imodoka
Posted inAmakuru Mu Rwanda

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buvugako hari icyuho cya Bus 500 , kugirango habashe gukemuka ikibazo kimirongo y’abantu bategereza imodoka

Ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali bwatangajeko buri gushakisha mugihe kitarenze ibyumweru bibiri abashoramari bafite bus nini zishobora kunganira mu gutwara abantu mu mujyi wa Kigali , mu rwego rwo kugabanya ikibazo…
Posted by ShowRwanda Writter August 2, 2022
Rwanda : Goverinoma y’u Rwanda yatangaje imishahara mishya y’abarimu bo mu mashuri abanza na yisumbuye
Posted inAmakuru Mu Rwanda

Rwanda : Goverinoma y’u Rwanda yatangaje imishahara mishya y’abarimu bo mu mashuri abanza na yisumbuye

Goverinoma y'u Rwanda yazamuye umushahara w'umwarimu mu rwego rwo guteza imbere imibereho ya mwarimu ndetse no kuzamura ireme ry'uburezi mu mashuri yo mu Rwanda , umwarimu wo mushari abanza umushahara…
Posted by ShowRwanda Writter August 2, 2022
Ikipe y’ubwongereza y’abagore yegukanye igikombe cya Euro 2022 itsinze ubudage ibitego (2-1) , nyuma y’imyaka 56 ubwongereza nta gikombe butwara [ amafoto ]
Posted inBreaking News Imikino

Ikipe y’ubwongereza y’abagore yegukanye igikombe cya Euro 2022 itsinze ubudage ibitego (2-1) , nyuma y’imyaka 56 ubwongereza nta gikombe butwara [ amafoto ]

Mu mukino wa nyuma w'igikombe cy'uburayi Euro 2022 mu bagore wahuzaga igihugu cy'ubwongereza n'ubudage , ubwongereza bwatsinze ibitego (2-1) igihugu cy'ubudage b'ibafasha gutwara igikombe cyabo cya mbere mu mateka nk'ikipe…
Posted by ShowRwanda Writter August 1, 2022
Cristiano Ronaldo yatashye umukino utarangiye , nyuma yo gukinishwa iminota 45 (45min) gusa mu mukino wa ginshuti Manchester united yakinaga
Posted inBreaking News Imikino

Cristiano Ronaldo yatashye umukino utarangiye , nyuma yo gukinishwa iminota 45 (45min) gusa mu mukino wa ginshuti Manchester united yakinaga

Cristiano Ronaldo ukomeje kwifuza gusohoka mw'ikipe ya Manchester united , yongeye kugaragaza imyitwarire mibi , nyuma yuko ikipe ya Manchester united yariri gukina umukino wa ginshuti n'ikipe ya Rayo Vallecano…
Posted by ShowRwanda Writter July 31, 2022

Posts pagination

Previous page 1 … 67 68 69 70 71 … 109 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top