Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

UN

Home ยป UN
Israel-Palestine : Israel yatangije ibitero byo ku butaka ku ntara ya Gaza
Posted inMu Mahanga

Israel-Palestine : Israel yatangije ibitero byo ku butaka ku ntara ya Gaza

Igihugu cya Israel cyatangaje ko cyatangije ibitero byacyo byo ku butaka ku ntara ya Gaza , nyuma y'igihe kinini kivuzeko kizakora ibi bitero ngo mu rwego rwo kurimbura umutwe wa…
Posted by ShowRwanda Writter October 29, 2023
Repabulika Iharanira demokarasi ya Congo mu buryo busekeje , imbere y’isi yose yashinjije U Rwanda kwiba ingagi zayo
Posted inAmakuru Udushya

Repabulika Iharanira demokarasi ya Congo mu buryo busekeje , imbere y’isi yose yashinjije U Rwanda kwiba ingagi zayo

Ambasaderi wa Repabulika Iharanira demokarasi ya Congo mu muryango wa abibumbye , mu nteko y'urusange yuy'umuryango yigaga ku kibazo cya Ukraine n'uburusiya , yongeye gushinja u Rwanda ko noneho ruri…
Posted by ShowRwanda Writter October 14, 2022
Ambassaderi Claver Gatete yongeye kwemeza ko ibibazo biri mu burasirazuba bwa Congo bitazakemurwa no kwitana ba mwana
Posted inAfrica Amakuru Politiki

Ambassaderi Claver Gatete yongeye kwemeza ko ibibazo biri mu burasirazuba bwa Congo bitazakemurwa no kwitana ba mwana

Ambassaderi w'u Rwanda uworaho mu muryango wa abibumbye Gatete Claver , mu nama ya kanama k'umuryango wa abibumbye gashinzwe umutekano kw'isi , yongeye gushimangira amagambo ya Perezida Paul Kagame avugako…
Posted by ShowRwanda Writter October 3, 2022
Mu nama ya 77 ya UN , Perezida Paul kagame yongeye kwibutsa isi ko ikibazo cya Congo kitakemurwa no kwitana ba mwana
Posted inMu Mahanga Politiki

Mu nama ya 77 ya UN , Perezida Paul kagame yongeye kwibutsa isi ko ikibazo cya Congo kitakemurwa no kwitana ba mwana

Umukuru w'igihungu Perezida Paul Kagame , ubwo yitabiraga inama ya 77 y'umuryango wa abibumbye yabereye I New York muri leta zunze ubumwe za America , yongeye kwibutsa ibihugu bigize uy'umuryango…
Posted by ShowRwanda Writter September 24, 2022
Goverinoma y’u Rwanda na Uganda zasabye UN , gukurikiranira hafi imvugo zihembera Jenoside zirigukoreshwa n’abayobozi ba RDC bazikwirakwiza mu baturage ba Congo
Posted inAmakuru Politiki

Goverinoma y’u Rwanda na Uganda zasabye UN , gukurikiranira hafi imvugo zihembera Jenoside zirigukoreshwa n’abayobozi ba RDC bazikwirakwiza mu baturage ba Congo

Leta z'u Rwanda na Uganda zasabye umuryango wa bibumbye UN , gukurikiranira hafi imvugo zihembera ingenga bitekerezo ya Jenoside , imvugo zikomeje gukwirakwizwa mu gihugu cya Repabulika ya demokarasi ya…
Posted by ShowRwanda Writter June 2, 2022
Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus yatorewe mpanda ye ya 2 y’imyaka 5 yo gukomeza kuyobora Oms ishami ry’umuryango wa bibumbye ryita ku buzima
Posted inAmakuru Mu Mahanga Ubuzima

Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus yatorewe mpanda ye ya 2 y’imyaka 5 yo gukomeza kuyobora Oms ishami ry’umuryango wa bibumbye ryita ku buzima

Umunya-Ethiopia Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus yongeye gutorerwa kuyobora umuryango mpuzamahanga wita ku buzima Oms mu gihe cy'imyaka 5 . Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus warumaze mpanda y'imyaka 5 ayoboye uy'umuryango yongeye…
Posted by ShowRwanda Writter May 25, 2022
Afghanistan : Abanya-Afghanistan miliyoni 23 bashobora guhura n’ikibazo cy’inzara harimo n’abana b’imyaka 5 miliyoni 2 (inkuru-irambuye)
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Afghanistan : Abanya-Afghanistan miliyoni 23 bashobora guhura n’ikibazo cy’inzara harimo n’abana b’imyaka 5 miliyoni 2 (inkuru-irambuye)

Umuryango wa UN watangajeko hatagize igikorwa Mu gihugu cya Afghanistan kuva Mu kwezi k'Ugushyingo uyu mwaka Abanya-Afghanistan bagera kuri miliyoni 23 bashobora guhura n'ikibazo gikomeye cy'inzara . Uyu muryango wa…
Posted by ShowRwanda Writter October 27, 2021
Afghanistan-G20: Ibihugu bikize kw’isi bizwi nka G20 byijeje inkunga abatalibani bayoboye Afghanistan
Posted inAmakuru

Afghanistan-G20: Ibihugu bikize kw’isi bizwi nka G20 byijeje inkunga abatalibani bayoboye Afghanistan

Abagize itsinda ry'ibihugu bifite ubukungu bukomeye kw'isi rizwi nka G20 basezeranyije leta y'abatalibani iyoboye Afghanistan ko hatazigera habaho ikibazo kinjyanye n'ubukungu mu gihugu cya Afghanistan, ni mugihe Angela Dorothea Merkel…
Posted by ShowRwanda Writter October 13, 2021
CUBA: Imyigaragambyo karahabutaka, Leta irashinja Leta ya America kuba ibiri inyuma [Amafoto]
Posted inMu Mahanga

CUBA: Imyigaragambyo karahabutaka, Leta irashinja Leta ya America kuba ibiri inyuma [Amafoto]

Igihugu cya Cuba nyuma y'imyaka 60 ishize nta myigaragambo iharangwa, yongeye kwaduka muri iki gihugu, abaturage barigaragambya bifuza ko ubuyobozi bushingiye ku matwara ya Communism bukurwaho. Perezida wa Cuba arashinja…
Posted by ShowRwanda Writter July 19, 2021
U Rwanda ruzahomba Amafaranga angana na miriyari igihumbi na maganane z’amadorari ya America mu Bukerarugendo [Inkuru]
Posted inUbukungu

U Rwanda ruzahomba Amafaranga angana na miriyari igihumbi na maganane z’amadorari ya America mu Bukerarugendo [Inkuru]

Inama y'umuryango w'abibubye yiga kubucuruzi n'iterambere UNCTAD(United Nation Conference on Trade and Development) yatangajeko ubukerarugendo(Tourism) kw'isi buzahomba amafaranga angana na miriyari ibihumbi bine na magana ininani z'amadorari ya America muri…
Posted by ShowRwanda Writter July 7, 2021
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top