RIB yatangajeko yohereje mu bushinzacyaha dosiye ya Prince kid usazwe uyobora ikigo cya Rwanda inspiration back up gitegura irushanwa rya Miss Rwanda , aho akurikiranweho ibyaha bigera kuri bitatu

RIB yatangajeko yohereje mu bushinzacyaha dosiye ya Prince kid usazwe uyobora ikigo cya Rwanda inspiration back up gitegura irushanwa rya Miss Rwanda , aho akurikiranweho ibyaha bigera kuri bitatu

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB , rwatangajeko rwohereje dosiye mu bushinzacyaha ya ishimwe dieudonne uzwi kw'izina rya prince kid uyobora ikigo cya Rwanda inspiration back up gitegura irushanwa ry'ubwiza mu Rwanda…
Urwego rw’ubugenzacyaha RIB , rwatangajeko mu cyumweru kicyunamo rwakiriye ibirego 53 by’icyaha kigengabitekerezo ya Jenoside n’ibifitanye isano nayo , ibyaha RIB yavuzeko byagabanyutseho 53.5% ugereranyije n’imyaka yashize

Urwego rw’ubugenzacyaha RIB , rwatangajeko mu cyumweru kicyunamo rwakiriye ibirego 53 by’icyaha kigengabitekerezo ya Jenoside n’ibifitanye isano nayo , ibyaha RIB yavuzeko byagabanyutseho 53.5% ugereranyije n’imyaka yashize

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB , rwatangajeko mu cyumweru kicyunamo cyasojwe tariki 14 ukwezi kwa Mata rwakiriye ibirego 53 by'icyaha kigengabitekerezo ya Jenoside yakorewe abatutsi 1994 n'ibifitanye isano nayo. Muri ibi…
U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994

U Rwanda ni igihugu gito cyane mu ubuso ariko ni igihugu kinini cyane mu butabera , bimwe mu bihugu n’ibinini cyane mu ubuso ariko bikaba bito cyane mu butabera – Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Perezida wa Repabulika y'u Rwanda , nyakubahwa Perezida Paul Kagame ubwo yatangizaga icyumweru n'iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ku nshuro ya 28 , Perezida Paul Kagame yavuzeko…