Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Amakuru

Home » Amakuru » Page 45
Cameroon abantu 11 bapfuye nyuma yuko indege bari barimo ikoze impanuka ikangwa mw’ishyamba riri hafi y’umujyi wa Yaounde
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Cameroon abantu 11 bapfuye nyuma yuko indege bari barimo ikoze impanuka ikangwa mw’ishyamba riri hafi y’umujyi wa Yaounde

Kuri uyu wa gatatu tariki 11 Gicurasi 2022 , abantu 11 bari mu ndege yakoze impanuka ikangwa mw'ishyamba riri hafi y'umurwa mukuru wa Cameroon Yaounde bose basanzwe bapfuye. Umukozi wo…
Posted by ShowRwanda Writter May 13, 2022
U Rwanda rwatangajeko urwego rwa mahoteri mu Rwanda rwiteguye neza kuzakira abazitabira inama ya CHOGM2022 , igiye kubera mu Rwanda
Posted inAmakuru Ikoranabuhanga Mu Rwanda

U Rwanda rwatangajeko urwego rwa mahoteri mu Rwanda rwiteguye neza kuzakira abazitabira inama ya CHOGM2022 , igiye kubera mu Rwanda

Goverinoma y'u Rwanda yatangajeko urwego rw'amahoteri mu Rwanda kuri ubu rwiteguye kwakirana ubwuzu n'ubunyamwuga abazitabira inama y'abakuru b'ibihugu naza goverinoma ya CHOGM2022 , iteganyijwe kubera mu Rwanda mu kwezi kwa…
Posted by ShowRwanda Writter May 13, 2022
Uwari komiseri mukuru wa police mu gihugu cya Repabulika ya demokarasi ya Congo yakatiwe urwo gupfa
Posted inAfrica Amakuru Udushya

Uwari komiseri mukuru wa police mu gihugu cya Repabulika ya demokarasi ya Congo yakatiwe urwo gupfa

Mu gihugu cya Repabulika ya demokarasi ya Congo uwari Komiseri mukuru wa police muri iki gihugu Christian ngoy kenga kenga yakatiwe urwo gupfa nyuma yuko ahamijwe icyaha cyo kwica Floribert…
Posted by ShowRwanda Writter May 13, 2022
Malawi abagabo 3 bakatiwe igifungo cy’imyaka 155 , nyuma yo kwemera icyaha cyo kwica nyamweru
Posted inAfrica Amakuru Udushya

Malawi abagabo 3 bakatiwe igifungo cy’imyaka 155 , nyuma yo kwemera icyaha cyo kwica nyamweru

Mu gihugu cya Malawi , urukiko rukuru rw'iki gihugu cya Malawi rwakatiye abagabo batatu igifungo cy'imyaka 155 , nyuma yuko bemeyeko bishe umugabo wari ufite ubumuga bw'uruhu(nyamweru). Mu rubanza rwari…
Posted by ShowRwanda Writter May 12, 2022
Ubufaransa-u Rwanda : bwa mbere ku butaka bw’ubufaransa hagiye ku buranishirizwa umuyobozi ukomeye akurikiranweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi 1994
Posted inAmakuru Mu Mahanga Mu Rwanda

Ubufaransa-u Rwanda : bwa mbere ku butaka bw’ubufaransa hagiye ku buranishirizwa umuyobozi ukomeye akurikiranweho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Kuri uyu wa mbere tariki 9 Gicurasi umwaka wa 2022 , nibwo Bucyibaruta laurent yabaye umuyobozi wa mbere ukomeye wagejejwe imbere y'ubutabera bw'igihugu cy'ubufaransa aho akurikiranweho ibyaha yakoze muri Jenoside…
Posted by ShowRwanda Writter May 11, 2022
Urukiko rwasubitse urubanza rurengwamo ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince kid urengwa ibyaha by’ihohoterwa bivugwako yakore abakobwa bitabiriye Miss Rwanda , mu bihe bitandukanye
Posted inAmakuru Breaking News Ibyamamare

Urukiko rwasubitse urubanza rurengwamo ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince kid urengwa ibyaha by’ihohoterwa bivugwako yakore abakobwa bitabiriye Miss Rwanda , mu bihe bitandukanye

kuri uyu wa gatatu tariki 11Gicurasi 2022 , urukiko rwa kigali rwasubitse urubanza rurengwamo ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince kid urengwa ibyaha by'ihohoterwa rishingiye ku gitsina. bikekwako yakoreye abakobwa bitabiriye…
Posted by ShowRwanda Writter May 11, 2022
Abayobozi b’u Rwanda na Repabulika ya Congo bagiye guhurira mu nama y’iminsi 3 I Kigali mukongera kuganira kuri gahunda yo kwambuka imipaka ha koreshejwe jeto cyangwa indangamuntu nkuko yakoreshwaga mbere ya covid-19
Posted inAmakuru Mu Rwanda

Abayobozi b’u Rwanda na Repabulika ya Congo bagiye guhurira mu nama y’iminsi 3 I Kigali mukongera kuganira kuri gahunda yo kwambuka imipaka ha koreshejwe jeto cyangwa indangamuntu nkuko yakoreshwaga mbere ya covid-19

kuri uyu wa mbere tariki 9 Gicurasi 2022 , I Kigali hateraniye inama izama iminsi 3 igiye guhuza inzego z'ubuyobozi ku ruhande rw'umujyi wa Goma muri Repabulika ya Congo ndetse…
Posted by ShowRwanda Writter May 9, 2022
Alpha Conde wayoboye Guinea n’abandi bayobizi 30 bayoboye ku butegetsi bwe , urukiko rukuru rwa Guinea rwatangajeko bagiye gukurikiranwa n’ubutabera ku byaha bakekwaho bakoze birimo n’ibyubwicanyi
Posted inAfrica Amakuru Politiki

Alpha Conde wayoboye Guinea n’abandi bayobizi 30 bayoboye ku butegetsi bwe , urukiko rukuru rwa Guinea rwatangajeko bagiye gukurikiranwa n’ubutabera ku byaha bakekwaho bakoze birimo n’ibyubwicanyi

Mu gihugu cya Guinea nyuma yuko uwari Perezida wiki gihugu Alpha Conde ahiritswe ku butegetsi nyuma abamuhiritse ku butegetsi bakamubwirako atemerewe kuva mu gihugu kuri ubu urukiko rukuru rwa Guinea…
Posted by ShowRwanda Writter May 7, 2022
Uganda : Impanuka 387 zabaye mu cyumweru kimwe ziyitana abantu 67
Posted inAmakuru Mu Mahanga Udushya

Uganda : Impanuka 387 zabaye mu cyumweru kimwe ziyitana abantu 67

Mu gihugu cya Uganda Police yatangajeko mu cyumweru kimwe gusa hagati ya tariki ya 23 na 30 ukwezi kwa Mata 2022 , mu gihugu cya Uganda habaye impanuka 387 ziyitana…
Posted by ShowRwanda Writter May 6, 2022
Kamala Harris nyuma yo gupimwa icyorezo cya Covid-19 bagasanga nta cyorezo cya Covid-19 agifite mu mubiri we yasabwe kugaruka mu kazi , ategekwa kwamambara agapfukamunwa mu minsi 10
Posted inAmakuru Covid-19 Mu Mahanga

Kamala Harris nyuma yo gupimwa icyorezo cya Covid-19 bagasanga nta cyorezo cya Covid-19 agifite mu mubiri we yasabwe kugaruka mu kazi , ategekwa kwamambara agapfukamunwa mu minsi 10

Ibipimo bya covid-19 byafashwe vice Perezida wa leta zunze ubumwe za America madam Kamala Harris byagaragajeko nta covid-19 ikiri mu mubiri we nyuma y'iminsi itandatu apimwe iki cyorezo bakakimusangamo. madam…
Posted by ShowRwanda Writter May 3, 2022

Posts pagination

Previous page 1 … 43 44 45 46 47 … 62 Next page
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top