Ministeri y’Uburezi yatangaje uko abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta muri Guma mu rugo
Hatangajwe itangazo rireba abagiye gukora ibizamini bya leta mu mashuri yisumbuye. Image: The New Times

Ministeri y’Uburezi yatangaje uko abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta muri Guma mu rugo

Kuri uyu wa gatanu, Minisiteri y’uburezi yasohoye itangazo rivuga uko abanyeshuri bazakora ibizamini bya leta bisoza ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, ndetse n’abasoza amashuri yisumbuye (Senior 6 cyangwa Level 5) muri iyi minsi idasanzwe. Ni nyuma y’uko inama y’abaminisitiri yemeje gahunda ya guma mu rugo mu turerere twugarijwe kurusha utundi.

Iri tangazo risobanura neza uko abanyeshuri bazajya basaba impushya zo kwerekeza aho bakorera ibizamini, ndetse n’uko bazajya bitwara kugira hirindwe ikwirakwizwa ry’ubwandu bwa Covid-19

Soma mu buryo burambuye.

Source Ministry of Education via Twitter

Comments

No comments yet. Why don’t you start the discussion?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *