Skip to content
Show Rwanda

Entertainment | Celebrities | News

  • Ahabanza
  • Ibyamamare
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Udushya
  • Imikino
  • Ubukungu
  • Twandikire
  • facebook.com
  • twitter.com
  • t.me
  • instagram.com
  • youtube.com
Subscribe

Libya

Home ยป Libya
Abimukira 5 barapfuye , abandi 16 baburirwa irengero ubwo bashakaga kwinjira ku mugabane w’iburayi , ubwato bukarohama mu inyanja
Posted inAmakuru Mu Mahanga

Abimukira 5 barapfuye , abandi 16 baburirwa irengero ubwo bashakaga kwinjira ku mugabane w’iburayi , ubwato bukarohama mu inyanja

Mu gihugu cya Libya , abimukira batanu barapfuye abandi bagera kuri 16 baburirwa irengero nyuma y'uko ubwato barimo burohamye mu nyanja , ahagana kunyengero z'amazi mu burasirazuba bw'iki gihugu cya…
Posted by ShowRwanda Writter September 4, 2022
U Rwanda rwongeye kwakira ikiciro cya 10 cy’impunzi zituritse muri Libya , kigizwe n’abantu 103
Posted inAmakuru Mu Rwanda

U Rwanda rwongeye kwakira ikiciro cya 10 cy’impunzi zituritse muri Libya , kigizwe n’abantu 103

Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwakira ikiciro cya 10 cy'impunzi ndetse n'abasaba ubuhungiro mu bihugu byo mu muryango w'ubumwe bw'iburayi bari bamaze igihe bafungiye mu magereza yo mu gihugu cya Libya…
Posted by ShowRwanda Writter August 20, 2022
“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya
Posted inMu Mahanga Politiki

“Umucamanza hagati yacu n’abantu bacu ni ikuri” Amagambo ya Saif al-Islam Gaddafi , umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi wiyamamariza kuyobora Libya

Igihugu cya Libya nyuma y'imyaka 10 ishize hishwe Col. Muammar Gaddafi , cyikarangwamo intambara zidashira gishobora kuba kigiye gucungurwa na Saif al-Islam Gaddafi umuhungu wa Col. Muammar Gaddafi. Ni ikibazo…
Posted by ShowRwanda Writter December 12, 2021
U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy’impunzi ziturutse muri Libya zigera ku 176
Posted inAmakuru

U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy’impunzi ziturutse muri Libya zigera ku 176

U Rwanda rwakiriye ikiciro cya Karindwi cy'impunzi 176 zo muri Libya , zari zimaze igihe kinini zibayeho nabi zicwa n'inzara nindi mibereho itari myiza nyuma yo kuhagera zishaka ubuhungiro ku…
Posted by ShowRwanda Writter December 11, 2021
Saif al-Islam Gaddafi umuhungu wa Gaddafi agiye kwiyamamariza kuba Perezida wa Libya
Posted inMu Mahanga

Saif al-Islam Gaddafi umuhungu wa Gaddafi agiye kwiyamamariza kuba Perezida wa Libya

Saif al-Islam Gaddafi, ushakishwa n'urukiko mpuzamahanga ku byaha by'intambara ashijwa , akaba ari umuhungu w'uwahoze ayobora igihugu cya Libya Gaddafi yatanze kandidatire ye yo kwiyamamariza kuba Perezida wa Libya. Saif…
Posted by ShowRwanda Writter November 15, 2021
Copyright 2026 — Show Rwanda. All rights reserved. Bloghash WordPress Theme
Scroll to Top