Posted inAmakuru
Kigali itegereje ababarirwa hagati ya 7000 n’ 10,000 bazitabira inama ya CHOGM
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Vincent Biruta avuga ko kugeza ubu imyiteguro y’iyi nama igeze kure n’abagomba kuyitabira bamaze gutumirwa. Mu kiganiro Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, Patricia Scotland, yagiranye n’Abanyamakuru…