U Rwanda rwongeye kwakira ikiciro cya 10 cy’impunzi zituritse muri Libya , kigizwe n’abantu 103
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwakira ikiciro cya 10 cy'impunzi ndetse n'abasaba ubuhungiro mu bihugu byo mu muryango w'ubumwe bw'iburayi bari bamaze igihe bafungiye mu magereza yo mu gihugu cya Libya…

