Umukuru w’igihungu yongeye gushimangirako ikibazo cy’umutekano muke cya Congo atari ikibazo cy’u Rwanda kandi ko atari U Rwanda rwakizanye
Umukuru w'igihungu Perezida Paul Kagame , ubwo yitabiraga inama y'ibihugu bigize umuryango wa Africa y'iburasirazuba (EAC) , inama yibanze mu gusuzima ishyirwa mu bikorwa by'imyanzuro ya Luanda na Nairobi ,…
