Posted inAmakuru Mu Mahanga Politiki
Raila Odinga wifuza kwiyamamariza umwanya wa perezida mu gihugu cya Kenya yasohoye indirimbo iza mwamamaza mu matora ateganyijwe muri kanama uyu mwaka , indirimbo yise (Leo ni Leo)
Mu gihugu cya Kenya , Raila Odinga witegura guhatana ku mwanya wo kwiyamamariza kuba perezida w'igihugu cya Kenya mu matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa kanama uyu mwaka wa 2022…
