Posted inMu Mahanga Mu Rwanda
Kuri uyu wa mbere , Perezida Paul Kagame yitabiriye umuhango wo gushyingura Umwamikazi Elizabeth || w’ubwongereza
Umukuru w'igihungu , Perezida Paul Kagame ku cyumweru tariki 18 Nzeri 2022 , nibwo yageze mu gihugu cy'ubwongereza aho yagiye kwifatanya n'ubwami bw'ubwongereza mu muhango wo gutabariza Queen Elizabeth ||…



