Dr Bizimana yagizwe Minisitiri, Johnson Busingye ahindurirwa inshingano agirwa Ambassador w’u Rwanda mu bwongereza nyuma y’imyaka 8 ayoboye minisiteri y’ubutabera
Nkuko byatangajwe na minisitiri w'intebe yatangaje impinduka zakozwe n'umukuru w'igihugu perezida Paul Kagame yakoze mu nzego nkuru z'igihugu. Nkuko byatangajwe na minisitiri w'intebe ko umukuru w'igihugu yakoze impinduka mu myanya…
