U Rwanda rwababajwe n’umwanzuro w’igihugu cy’u Burundi wo gufunga imipaka igihuza n’u Rwanda
Goverinoma y'u Rwanda yatangajeko yababajwe n'icyemezo cya leta y'u Burundi cyo kongera gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi , nyuma y'uko kuri uyu wa kane leta y'igihugu cy'u Burundi yatangajeko yongeye…
