Posted inAmakuru
Ibihumbi 19,500frw na 85,000frw , Goverinoma y’u Rwanda yashyizeho minerval abanyeshuri bataha n’ababa mu bigo bagomba kwishyura
Minisiteri y'uburezi (MINEDUC) yatangaje amabwiriza mashya ajyanye n'imisanzu ndetse n'amafaranga y'ishuri , amabwiriza agomba gutangira gukurikizwa n'ibigo bya leta ndetse n'ibigo bifitanye amasezerano na leta , mu mwaka wa mashuri…
