Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza
Nsabimana uzwi nka Sankara ukurikiranweho ibyaha by'iterabwoba byakozwe n'imitwe y'iterabwoba mu Rwanda mu ntara y'amajyaruguru , uburanishirizwa hamwe na Paul Rusesabagina urukiko rukuru rw'ubujurire rwamugababyirije igihano rugikura ku myaka 20…

