Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza

Nsabimana uzwi nka “Sankara” yakatiwe gufungwa imyaka 15 n’urukiko rukuru rw’ubujurire agabanyirizwa igifungo cy’imyaka 20 yari yarasabiwe n’urukiko rukuru rw’u Rwanda mu mizi y’urubanza

Nsabimana uzwi nka Sankara ukurikiranweho ibyaha by'iterabwoba byakozwe n'imitwe y'iterabwoba mu Rwanda mu ntara y'amajyaruguru , uburanishirizwa hamwe na Paul Rusesabagina urukiko rukuru rw'ubujurire rwamugababyirije igihano rugikura ku myaka 20…
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwongeye gusabira igifungo cya burundu Paul Rusesabagina na Nizeyimana Mike bari barakatiwe gufungwa imyaka 25 , kubera ibyaha bakurikiranweho byo kugira uruhare mu kurema umutwe w’ingabo utemewe no kugira uruhare mu bikorwa by’iterabwoba

Urubanza rwaburanishirizwaga mu rukiko rw'ubujurire rwari rumaze hafi ukwezi kumwe ruburanishwa kuva tariki 20 Mutarama 2022 aho abacamanza b'urukiko rw'ubujurire bumvaga ubushinjacyaha , bwari bwareze bujuririra imyanzuru y'urukiko rukuru kubihano…