Madamu Jeannette Kagame yavuzeko yishimira aho imbuto Foundation igeze kandiko bayitangiza aribyo byari inzozi zabo
Mu birori by'isabukuru y'imyaka 20 umuryango imbuto Foundation umaze ushinzwe , madamu Jeannette Kagame umugore wa Perezida wa Repabulika y'u Rwanda ari nawe washinze uyu muryango , yavuzeko uyu muryango…
