Umwizerwa wa Felix Tshisekedi yahagaritswe mu bikorwa bya gisirikare by’ingabo za FARDC
Igisirikare cya Repabulika iharanira demokarasi ya Congo , FARDC , cyahagaritse Gen Jerome Chico Tshitambwe waruhagarariye ibikorwa bya gisirikare by'ingabo za FARDC byo guhangana n'umutwe wa M23 , mu burasirazuba…
